Amafoto ya Kim Kardashian yamamaze utwenda twimbere dukoze muri Plastique akomeje kubica kumbuga nkoranyambaga

Kim Kardashian yagaragaye yamamaza imyambaro y’imbere y’abagabo n’abagore ikozwe muri Plastique bivugisha abatari bake kumbuga nkoranyambaga. Iyi myambaro y’imbere igaragaza imiterere y’abagore n’abagabo iri mu yo asanzwe akora yise ‘Skims’. …

Amafoto ya Kim Kardashian yamamaze utwenda twimbere dukoze muri Plastique akomeje kubica kumbuga nkoranyambaga Read More

Danny Nanone ashyize hanze ukuri ku byibazwagaho na abenshi kubera ijwi rya Bruce Melodie ryumvikana mu ndirimbo ye ‘My Type’

Umuraperi ukunzwe mu Rwanda muri iki gihe nyuma y’igihe kininiyari  abafana be baramubuze , akomeje kuvugwaho byinshi aho yashyize ukuri ahagaragara avugako atasibye amajwi ya Bruce Melodie mu ndirimbo ye …

Danny Nanone ashyize hanze ukuri ku byibazwagaho na abenshi kubera ijwi rya Bruce Melodie ryumvikana mu ndirimbo ye ‘My Type’ Read More

Umunyamideri Moses yarize , aratitira maze atakamba asaba imbabazi avugako yafatanywe akaburi gato kadashinga!(Amafoto)

Umunyamideri Moses Turahirwa yarize aranatakamba anatitira ubwo yasabaga imbabazi ko ababariwe atazongera gusubira ibyaha ari kuregwa maze asaba ko yarekurwa agakomeza amasomo ye. Yireguye avugako ari akaburi kamwe gusa bamusanganye …

Umunyamideri Moses yarize , aratitira maze atakamba asaba imbabazi avugako yafatanywe akaburi gato kadashinga!(Amafoto) Read More

Dore amafoto y’uko byari bimeze mu gitaramo gikomeye Israel Mbonyi yaraye akoreye mu Bubiligi , amatike yashize hakiri kare

Ku munsi w’ejo tariki ya 11 Kmena 2023 nibwo umuhanzi w’icyamamare mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyi yakoreye igitaramo mu Bubiligi maze kikitabirwa n’imbaga y’abarenga ibihumbi bibiri …

Dore amafoto y’uko byari bimeze mu gitaramo gikomeye Israel Mbonyi yaraye akoreye mu Bubiligi , amatike yashize hakiri kare Read More

Mu isura nshya y’abagororwa Moses wa Moshions yitabye urukiko yogoshe uruhara (Amafoto)

Turahirwa Moses wamamaye mu guhanga imideri abinyujije mu nzu ye izwi kw’izina rya Moshions , yavuzweho cyane aba umwe mu bari bigaruriye imbuga nkoranyambaga mu minsi ishize bitewe n’amashusho n’amafoto …

Mu isura nshya y’abagororwa Moses wa Moshions yitabye urukiko yogoshe uruhara (Amafoto) Read More

Ibyanjye n’umukobwa twahuriye mu kabari none akaba ashaka ko tubana / Nimungire inama numve icyo nakora

Urukundo rwa babiri kirazira kurwivangano, gusa hari ubwo umwe muri bo aba akeneye inama mbere y’uko arukomeza ari nayo mpamvu umusore yatwandikiye atugisha inama ngo amenye niba kwemera ibyo uyu …

Ibyanjye n’umukobwa twahuriye mu kabari none akaba ashaka ko tubana / Nimungire inama numve icyo nakora Read More

Madonna yijihije imyaka 30 y’igitabo cye ‘SEX’ cyafashije abarimo Card B ,Miley Cyrus na Kim Kardashian

Madonna yashimye igitabo cye yise ‘S.E.X’ cyimaze imyaka 30 gisohotse ndetse akomoza ku kuba cyaraciriye inzira abarimo Cardi B, Kim Kardashian hamwe na Miley Cyrus. Umuhanzikazi w’icyamamare Madonna w’imyaka 64 …

Madonna yijihije imyaka 30 y’igitabo cye ‘SEX’ cyafashije abarimo Card B ,Miley Cyrus na Kim Kardashian Read More

Bmjizzo wakoze indirimbo ya The Ben na Diamond ‘Why’ yambikiye impeta umukunzi we uzwi muri filime nyarwanda Zanzibar (Amafoto)

Julien Bmjizzo wakoze indirimbo zikomeye zirimo ‘Why’ Diamond Platnumz yahuriyemo na The Ben yambitse umpeta umukinnyi wa filime Sugira Florence wamenyekanye akinana na Makanika. Nk’uko babigaragaje babicishije ku mbuga nkoranyambaga …

Bmjizzo wakoze indirimbo ya The Ben na Diamond ‘Why’ yambikiye impeta umukunzi we uzwi muri filime nyarwanda Zanzibar (Amafoto) Read More

IFOTO Y’UMUNSI: HAHAH!!!! Cartoon ya Ndimbati aciye ishene yarwaje abantu imbavu!

Iyi Foto iri mu bwoko bwa Cartoon , cyangwa se ifoto ishushanyije ikomeje gutungura benshi nyuma y’umunsi umwe icyamamare muri Sinema nyarwanda ‘Ndimbati’ arekuwe aho yari afungiye mu gereza ya …

IFOTO Y’UMUNSI: HAHAH!!!! Cartoon ya Ndimbati aciye ishene yarwaje abantu imbavu! Read More

“Cheri warakoze kandi Imana iguhe umugisha” Ndimbati agarutse asetsa birenze / Umugore we ararize!

Umukinnyi ukomeye muri sinema nyarwanda Uwihoreye Jean Babtiste umaze kubaka izina nka Ndimbati , nyuma igihe afungiye I Mageragere yagizwe umwere ahita afungurwa ako kanya , maze avuga amagambo akomeye …

“Cheri warakoze kandi Imana iguhe umugisha” Ndimbati agarutse asetsa birenze / Umugore we ararize! Read More