Umuhanzi City Tycoon yahaye miliyoni 2 abana bakennye muri Uganda kugirango bakomeze babeho neza

Umuhanzi w’umunyarwanda City Tycoon usanzwe aba muri Leta zunze ubumwe za Amerika muri Philadelphia akomeje kugaragariza urukundo rudasanzwe abana babanyempano batishoboye muri Uganda. City Tycoon ukunzwe munjyana ya Dancehall na …

Umuhanzi City Tycoon yahaye miliyoni 2 abana bakennye muri Uganda kugirango bakomeze babeho neza Read More

AMAFOTO 40+VIDEO: Habereye amabara / Dore byinshi utabonye mu dushya twabereye muri birori bya BFH byajemo Eddy Kenzo na Hamissa Mobeto

Bianca Fashion Hub , ibirori by’imideri bitegurwa n’umunyamakurukazi uzwi kw’izina rya Bianca kuri iyi nshuro byagaragayemo udushya tudasanzwe mu myambarire , nyuma y’itangazo rya Polisi ryihanangiriza abakobwa kwambara imyenda imeze …

AMAFOTO 40+VIDEO: Habereye amabara / Dore byinshi utabonye mu dushya twabereye muri birori bya BFH byajemo Eddy Kenzo na Hamissa Mobeto Read More

Dore amafoto 10 adasanzwe ya wamukobwa wambaye ubusa muri Arena / Uku niko byagenze ngo afungurwe mbere y’igihe

Mugabekazi Lilian wari ufunzwe azira ashinjwa gukora ibiteye isoni mu ruhame aho yagaragaye muri mu birori byari  byabereye muri Kigali Arena yahindutse BK Arena , yafunguwe by’agateganyo gusa akazajya kurikiranwa …

Dore amafoto 10 adasanzwe ya wamukobwa wambaye ubusa muri Arena / Uku niko byagenze ngo afungurwe mbere y’igihe Read More

Yanga wamenyekanye mu gasobanuye akaba na mukuru wa Junior Giti nawe yitabye Imana / ibi nibiki banyarwanda

Nkusi Thomas wamenyekanye nka “Yanga” mu gusobanura filimi, yitabye Imana azize uburwayi yari amaranye iminsi. Yaguye muri Afurika y’Epfo aho yari amaze iminsi arwariye. Junior nawe usanzwe usobanura filimi, yabwiye …

Yanga wamenyekanye mu gasobanuye akaba na mukuru wa Junior Giti nawe yitabye Imana / ibi nibiki banyarwanda Read More

Yvan Buravan wari umaze kubaka ibigwi muri muzika ubu ntagihari / Urugendo rw’uburwayi bwe kugeza apfuye

Umuhanzi Burabyo Yvan (Yvan Buravan) yitabye Imana mu rucyerera rwo kuri uyu wa 17 Kanama 2022 aguye mu bitaro byo mu Buhinde aho yari yaragiye kwivuriza. Bikaba byatangajwe ko yazize …

Yvan Buravan wari umaze kubaka ibigwi muri muzika ubu ntagihari / Urugendo rw’uburwayi bwe kugeza apfuye Read More

Nyirabyo yatunguranye mw’ikanzu ikoze mu mashara maze aratungurana muri ArtRwanda-Ubuhanzi

Amarushanwa ya ArtRwanda- Ubuhanzi amaze guhinduka urubuga rufasha urubyiruko rw’u Rwanda kugaragaza impano mu ngero z’ubuhanzi zitandukanye zirimo umuziki, ubugeni, ubusizi, imideli n’ibindi. Ariko noneho kuri iyi nshuro hajemo utundi …

Nyirabyo yatunguranye mw’ikanzu ikoze mu mashara maze aratungurana muri ArtRwanda-Ubuhanzi Read More

AMAFOTO : Dore ibituma Miss Muheto aza mu bakobwa bafite ubwiza n’ikimero bikurura abagabo cyane

Kwitwa nyampinga n’ubwo ari ibintu biharanirwa , ariko hari umuntu uba nyampinga ukabona koko yaba ahagarariye abandi mubwiza , ahanini bitewe n’uko asa , uko ateye mu gihagararo n’ikimero cye …

AMAFOTO : Dore ibituma Miss Muheto aza mu bakobwa bafite ubwiza n’ikimero bikurura abagabo cyane Read More

Juno Kizigenza na Ariel Wayz bakoranye indi ndirimbo nyuma yo gushwana mu rukundo / Guhura kwabo biri kure nk’isi n’ukwezi / Amagambo Juno avuze!

Mu Kinyarwanda baca umugani bati “Aho ifaranga rikubise haroroha” bisobanura ko nta kidashoboka imbere y’amafaranga.Ninde wari uzi ko Juno Kizigenza na Ariel Wayz bashobora kongera gukorana indirimbo nyuma y’uko iby’urukundo …

Juno Kizigenza na Ariel Wayz bakoranye indi ndirimbo nyuma yo gushwana mu rukundo / Guhura kwabo biri kure nk’isi n’ukwezi / Amagambo Juno avuze! Read More

Kwambikwa ingofero y’abami kwa The Ben akigera i Kigali bisobanuye iki? (Umwami yagarutse) Reba Amafoto

Umuhanzi nyarwanda w’icyamamare Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben cyangwa Tiger yageze ku kibuga cy’indege i kanombe mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 3 Werurwe 2022 maze …

Kwambikwa ingofero y’abami kwa The Ben akigera i Kigali bisobanuye iki? (Umwami yagarutse) Reba Amafoto Read More

Brock Lesnar wari wibitseho igikombe cya WWE Champonship yatsinzwe na Roman Reigns watwaye ibihembo 2

kuri icyi Cyumweru tariki 3 Mata 2022 mw‘ijoro rya kabiri rya Wrestlemania yabereye kuri Stade ya AT&T muri Leta ya Dallas, Brock Lesnar wari wibitseho igikombe cya WWE Champonship yatsinzwe …

Brock Lesnar wari wibitseho igikombe cya WWE Champonship yatsinzwe na Roman Reigns watwaye ibihembo 2 Read More