Izina Meddy na Mimi bise umwana wabo ryihishemo ibanga rikomeye kuri bose

Meddy n’umukunzi we Mimi berekanye izina ry’umwana w’imfura yabo y’umukobwa baherutse kwibaruka nawe banga kumuburiramo inyuguti ya ‘M’ nabo bahuriyeho , gusa nyuma y’uko bibarutse bagatinda kubitangaza , nanubu ntibarerekana …

Izina Meddy na Mimi bise umwana wabo ryihishemo ibanga rikomeye kuri bose Read More

Dore ukuntu Ange Kagame amarangamutima yamufashe nyuma y’ifoto idasanzwe igaragaza Perezida Paul Kagame ateruye umwuzukuru we

Ifoto idasanzwe ya perezida Paul Kagame ateruye umwuzukuru we , yatunguye Ange Kagame mama w’uyu mwana w’imfura ye na Bertrand , maze amarangamutima atuma yifuza kuzavugana n’umu (artist) umunyabugeni wayishushanyije. …

Dore ukuntu Ange Kagame amarangamutima yamufashe nyuma y’ifoto idasanzwe igaragaza Perezida Paul Kagame ateruye umwuzukuru we Read More

Abahanzi bagezweho barimo Kenny Sol , Papa Cyangwe , Afrique na Okkama bitezweho gushyushya umujyi wa Gisenyi

Muri iyi weekend mu mujyi wa Gisenyi harahurira ibyamamare bigezweho muri iki gihe , haba mu bahanzi ndetse n’abavanga muzika bazwi kw’izina ry’aba Dj. Aba bose bazaba baje gususurutsa abazitabira …

Abahanzi bagezweho barimo Kenny Sol , Papa Cyangwe , Afrique na Okkama bitezweho gushyushya umujyi wa Gisenyi Read More

Byameneyekanye ko Meddy na Mimi bamaze iminsi bibarutse umukobwa none bikaba aribwo bikijya hanze

Mu gihe abakunzi ba kupure (couple) y’icyamamare Meddy ndetse n’umunya Ethiopia kazi Mimi bamaze iminsi babona amafoto agaragaza inda y’imvutsi , ariko igitangaje n’uko ntawari uziko hashize iminsi bibarutse umukobwa. …

Byameneyekanye ko Meddy na Mimi bamaze iminsi bibarutse umukobwa none bikaba aribwo bikijya hanze Read More

Time B uherutse kwegukana igihembo muri Amerika yasohoye amashusho y’indirimbo ‘Gumino’ yakoranye na Riderman

Nyuma y’uko umuhanzi ubarizwa muri Leta zunze Ubumwe z’Amerika Time B yegukanye igihembo muri BNB Awards, noneho akurikijeho amashusho y’indirimbo yakoranye n’umuraperi w’icyamamare mu Rwanda Riderman , maze bayita ‘Gumino’ …

Time B uherutse kwegukana igihembo muri Amerika yasohoye amashusho y’indirimbo ‘Gumino’ yakoranye na Riderman Read More

Rose Muhando yageze i Kigali aho we n’abandi ba Stars bo mu Rwanda bari butaramire muri Canal Olympia

Umuhanzikazi w’Umunya-Tanzania, Rose Muhando, yageze mu Rwanda yitabiriye igitaramo cyo gusoza ibihembo bya Rwanda Gospel Stars Live aza gutaramanamo n’abandi bahanzi bo mu Rwanda bakomeye. Ni igitaramo cyiswe ‘Praise & …

Rose Muhando yageze i Kigali aho we n’abandi ba Stars bo mu Rwanda bari butaramire muri Canal Olympia Read More