Drogba na Patoranking basuye urwibutso ku Gisozi bahasiga ubutumwa (Amafoto)

Didier Drogba wahoze ari rutahizamu wa Chelsea ubu akaba ari mu Rwanda ku butumire bw’abateguye Youth Connekt Africa 2019, kimwe n’umuhanzi Patoranking, basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ku Gisozi, basobanurirwa amateka akarishye yaranze u Rwanda yatumye haba Jenoside yakorewe Abatutsi, banaboneraho gusiga ubutumwa bw’urukundo kuri uru rwibutso.

Drogba na Patoranking basuye urwibutso ku Gisozi bahasiga ubutumwa (Amafoto) Read More

Iyo tuza kwegera abagabo n’abana bacu tukababuza, Jenoside ntiyari kuba – Abagore bo muri FPR i Musanze

Abagore mirongo icyenda na babiri (92) bahagarariye abandi ku rwego rw’Akarere no ku rwego rw’imirenge mu muryango FPR Inkotanyi bo mu Karere ka Musanze, biyemeje kwigira ku makosa abandi bagore bakoze, bakayakosora kugira ngo Jenoside itazongera kuba.

Iyo tuza kwegera abagabo n’abana bacu tukababuza, Jenoside ntiyari kuba – Abagore bo muri FPR i Musanze Read More

Abacuruzi b’i Remera muri Kigali biyemeje gukumira icyatuma Jenoside yongera kuba

Abacuruzi bakorera i Remera muri Gare no hafi yaho, hamwe n’abakora mu bigo bitwara abagenzi mu modoka nini n’intoya mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka Gasabo bakomeje gahunda ngarukamwaka biyemeje yo gusura inzibutso no kumenya byimbitse amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Abacuruzi b’i Remera muri Kigali biyemeje gukumira icyatuma Jenoside yongera kuba Read More