Ibyabaye mu Rwanda nta handi dufite ubushobozi bwo kugera bizongera kuba – James Uwizeye

Umunyamabanga wa mbere wa Ambasade y’u Rwanda mu Bwongereza, James Uwizeye, avuga ko u Rwanda rwiteguye gutabara aho ari ho hose ku isi, rufite ubushobozi bwo kugera, hashobora kuba amacakubiri yaba intandaro ya Jenoside, mu rwego rwo gukumira ko ibyabaye mu Rwanda mu 1994 nta handi byakongera kuba ku isi.

Ibyabaye mu Rwanda nta handi dufite ubushobozi bwo kugera bizongera kuba – James Uwizeye Read More