Menya uko wakwirinda agahinda gakabije mu gihe uri wenyine

Muri iki gihe cyo kwibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi, hari abantu bashobora kwisanga ari bonyine, bakagira agahinda gakabije. Ibi bishobora guterwa n’uko Abanyarwanda mu gihe nk’iki bari bamenyereye gusurana, guhura, no guhumurizanya bari kumwe ari benshi, ariko kuri ubu bikaba bidashoboka, bitewe n’icyorezo cya COVID-19 cyugarije isi.

Menya uko wakwirinda agahinda gakabije mu gihe uri wenyine Read More

Amadini n’amatorero akwiye gukomeza komora ibikomere by’abayoboke – Dr. Nyamutera

Umuyobozi w’Umuryango Rabagirana Ministries Rev Dr Joseph Nyamutera, aratangaza ko nubwo insengero zifunze kubera icyorezo cya Coronavirus, amadini n’amatorero akwiye gukomeza ibikorwa byo komora ibikomere abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994.

Amadini n’amatorero akwiye gukomeza komora ibikomere by’abayoboke – Dr. Nyamutera Read More

Ubutumwa bw’abayobozi bakomeye ku isi bifatanyije n’u Rwanda mu #Kwibuka26

Mu gihe u Rwanda n’isi yose bibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, abantu bakomeye barimo abakuru b’ibihugu na za guvernoma, imiryango mpuzamahanga n’ibigo bitandukanye n’abayobozi babyo bifatanije n’Abanyarwanda mu gutangira icyumweru cy’icyunamo bakoresheje imbuga nkoranyambaga.

Ubutumwa bw’abayobozi bakomeye ku isi bifatanyije n’u Rwanda mu #Kwibuka26 Read More