Uyu munsi abandi 7 bakize Coronavirus, abakize bose baba 25

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda iratangaza ko kuri iki Cyumweru tariki 12 Mata 2020 hagaragaye abandi bantu batandatu barwaye Coronavirus mu bipimo 1160 byafashwe mu masaha 24 ashize. Ibi byatumye umubare w’abarwaye Coronavirus mu Rwanda ugera kuri 126 (muri aba 25 barakize, hakaba harimo 7 bakize mu masaha 24 ashize).

Uyu munsi abandi 7 bakize Coronavirus, abakize bose baba 25 Read More

Nyiranyamibwa: Kuririmba indirimbo zo kwibuka bihura n’ubuzima nabayemo

Umuhanzikazi Nyiranyamibwa Suzanne ni umwe mu baririmba cyane ku ndirimbo zifasha Abanyarwanda Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi. Avuga ko kuririmba izi ndirimbo bihura neza n’inkuru y’ubuzima yabayemo n’ibyo yabonye ubwo Jenoside yari ikirangira akagera mu Rwanda avuye mu Bubiligi aho yari yarahungiye.

Nyiranyamibwa: Kuririmba indirimbo zo kwibuka bihura n’ubuzima nabayemo Read More

Amajyaruguru: Abakora isuku mu mihanda bari barahagaritswe bemerewe kugaruka mu kazi

Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyaruguru buratangaza ko kuva tariki 06 Mata 2020 abakora isuku mu mihanda inyuranye ya kaburimbo mu Ntara y’Amajyaruguru bagarutse mu kazi kabo, ariko bagakora bubahiriza amabwiriza ya Leta ajyanye no kwirinda kwandura icyorezo cya Coronavirus.

Amajyaruguru: Abakora isuku mu mihanda bari barahagaritswe bemerewe kugaruka mu kazi Read More