Bamporiki na Nduhungirehe basanga muri iyi minsi amadini n’amatorero adakwiriye kwaka amaturo abakirisitu

Nyuma y’uko icyorezo cya COVID-19 cyatumye hafatwa ingamba zikomeye zirimo no guhagarika misa n’andi materaniro mu rwego rwo kugikumira, hari amadini n’amatorero yakomeje gusaba abakirisitu gutanga amaturo y’uburyo butandukanye, ndetse hashyirwaho n’uburyo agomba gutangwamo cyane cyane hifashishijwe ikoranabuhanga.

Bamporiki na Nduhungirehe basanga muri iyi minsi amadini n’amatorero adakwiriye kwaka amaturo abakirisitu Read More

CESTRAR irashima uruhare rw’abakora mu rwego rw’ubuzima mu gukumira COVID-19

Mu gihe Leta y’u Rwanda ikomeje gufata ingamba zo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya Coronavirus mu gihugu, Urugaga rw’Amasendika y’Abakozi mu Rwanda (CESTRAR) rurashima ubwitange bukomeje kuranga abakora muri serivise z’ubuzima, ibizeza ubufasha mu kazi kadasanzwe barimo muri iyi minsi isi yugarijwe n’icyorezo cya Coronavirus.

CESTRAR irashima uruhare rw’abakora mu rwego rw’ubuzima mu gukumira COVID-19 Read More

Amabwiriza mashya ku kwirinda COVID-19 ntakwiye gutera abantu ubwoba

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 21 Werurwe 2020, Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda amaze gutangaza amabwiriza mashya akaze ajyane no kwirinda COVID-19, arimo kubuza abantu gusohoka mu ngo, gufunga amaduka n’amasoko, guhagarika gutwara abagenzi kuri moto, guhagarika ingendo zijya mu mijyi no mu turere tw’u Rwanda, gufunga imipaka yose n’andi.

Amabwiriza mashya ku kwirinda COVID-19 ntakwiye gutera abantu ubwoba Read More