Perezida Kagame yashimiye Jack Ma wahaye u Rwanda ibikoresho byo gupima COVID-19
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yashimiye umuherwe Jack Ma wageneye Umugabana wa Afurika ibikoresho byo gupima icyorezo cya COVID-19 ndetse n’ibyo kurinda abaganga bita kubamaze kucyandura.
Perezida Kagame yashimiye Jack Ma wahaye u Rwanda ibikoresho byo gupima COVID-19 Read More