Ese kuki hari abana bakunda konka intoko? Dore impamvu n’umuti wabyo kuko atari byiza

Konka intoki cyane cyane urutoki rw’igikumwe ni ibintu bisanzwe mu bana. Ariko hari igihe kigera ukabona birakabije, ugatangira kwibaza uko wabimucaho bikagushobera. Ese hari uburyo umuntu ashobora gufasha umwana kureka …

Ese kuki hari abana bakunda konka intoko? Dore impamvu n’umuti wabyo kuko atari byiza Read More

Dore Amafoto 10 utabonye yo mu gitaramo cya Kendrick Lamar cyasize kimbyishije imifuka y’abarenga 1000 ubwo amateka yakorerwaga muri Kigali

Urwego rw’Igihugu rushinzwe kureberera no gutegura inama ‘Rwanda Convention Bureau’ (RCB), rwatangaje ko igitaramo cy’iserukiramuco ryiswe #MoveAfrica ryateguwe na Global Citizen ku bufatanye n’Ikigo PGLang ryarenze kunezeza abantu gusa, ahubwo …

Dore Amafoto 10 utabonye yo mu gitaramo cya Kendrick Lamar cyasize kimbyishije imifuka y’abarenga 1000 ubwo amateka yakorerwaga muri Kigali Read More

Bruce Melodie yagarutse i Kigali bucece avuye muri Amerika aho yari amaze iminsi ari mu bihe byiza na Shaggy (Amafoto)

Bruce Melodie ukomeje kwandika amateka akomeye muri muzika yagarutse i Kigali bucece akubutse mu rugendo yari yaragiriye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika , aho yari kumwe n’umunya Jamaica w’ikirangirire kw’Isi …

Bruce Melodie yagarutse i Kigali bucece avuye muri Amerika aho yari amaze iminsi ari mu bihe byiza na Shaggy (Amafoto) Read More

RIB yataye muri yombi umusore n’inkumi basambaniye ku Kinamba munsi yo kwa Bonk Bar kukarubanda abantu bashungereye / Mbega amafaranga bari babasheteye!

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafashe umusore w’imyaka 33 n’umukobwa w’imyaka 23 baherutse kugaragara bakorera imibonano mpuzabitsina mu ruhame. Amashusho y’aba bombi amaze iminsi acicikana ku mbuga nkoranyambaga, bikavugwa ko ibyo …

RIB yataye muri yombi umusore n’inkumi basambaniye ku Kinamba munsi yo kwa Bonk Bar kukarubanda abantu bashungereye / Mbega amafaranga bari babasheteye! Read More

Igihangange muri Rap kw’isi Kendrick Lamar yageze i Kigali ahita akorera agakoryo abanyamakuru barumirwa (Amafoto 12)

Umuraperi y’igikomerezwa kw’isi Kendrick Lamar yakandagiye ku butaka bw’u Rwanda maze akorera agashya abanyamakuru bari baje gufotora arinda agera mu mudoka hari nabatamuciye iryera. Umuraperi Kendrick Lamar yageze i Kigali …

Igihangange muri Rap kw’isi Kendrick Lamar yageze i Kigali ahita akorera agakoryo abanyamakuru barumirwa (Amafoto 12) Read More

The Ben yasabye imbabazi abanyarwanda abasezeranya ko mbere y’uko ubukwe bwe buba hagomba kugira akantu kaba

Umuhanzi Nyarwanda Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben mu muziki yasabye Abanyarwanda imbabazi z’uko ageraho agafata umwanya agahugira mu bindi agasa n’uteye umugongo umuziki cyane kandi ari inshingano ze na …

The Ben yasabye imbabazi abanyarwanda abasezeranya ko mbere y’uko ubukwe bwe buba hagomba kugira akantu kaba Read More

AMAFOTO: Reba imbere n’inyuma ya bisi (Bus) leta yazaniye abagenzi rusange bari bamerewe nabi/ Hagiye kubakwa imihanda yazo yihariye

Mu gihe mu Rwanda abaturage bari bamaze igihe bujujuta kubera ikibazo cy’ingendo rusange zari zigoranye ahanini bitewe n’ubucye bw’imodoka ndetse n’imihanda bidahagije , kuri ubu bisi za mbere zamaze kugera …

AMAFOTO: Reba imbere n’inyuma ya bisi (Bus) leta yazaniye abagenzi rusange bari bamerewe nabi/ Hagiye kubakwa imihanda yazo yihariye Read More

Kubera kumubeshaho ku gipindi umutoza Casa Mbungo André yakuyemo ake karenge ata AS Kigali yikoreye ibibazo uruhuri

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu ni bwo amakuru yamenyekanye ko Casa Mbungo André yamaze gusezera AS Kigali atazagaruka muri izi nshingano ava muri iyi kipe yugarijwe n’ibibazo by’amikoro. …

Kubera kumubeshaho ku gipindi umutoza Casa Mbungo André yakuyemo ake karenge ata AS Kigali yikoreye ibibazo uruhuri Read More