Bitunguranye Diamond Platnumz wari wageze muri Arena i Kigali ahise yisubirira Tanzania/ Ese ubu ejo azaba yagarutse?

Umuhanzi Diamond wari waje mu gitaramo African Giant cyari kuba ku munsi w’ejo ku Cyumweru, asubiye muri Tanzania muri gahunda zijyanye na Wasafi Festival akaba ari bugaruke mu gitondo kugira …

Bitunguranye Diamond Platnumz wari wageze muri Arena i Kigali ahise yisubirira Tanzania/ Ese ubu ejo azaba yagarutse? Read More

Ibuka ibi bintu! Aba Stars nyarwanda bakanyujijeho mu rukundo bivugisha benshi nyuma barashwana umuriro ukaka

Urukundo ruraryoha cyane cyane iyo wowe n’uwo mukundana munabyubakiyemo ibigwi , muri macye kubona umuntu w’icyamamare akundana na mugenzi we , akenshi abakunzi babo baba babyishimiye ndetse bumva bazanarambana , …

Ibuka ibi bintu! Aba Stars nyarwanda bakanyujijeho mu rukundo bivugisha benshi nyuma barashwana umuriro ukaka Read More

NTIBISANZWE: Umukozi w’akarere ka Rubavu yafashwe yibye umunyamahanga wabagendereye RIB imuta muri yombi

Umwe mu banyamahanga bari bitabiriye irushanwa IRONMAN ryari ryabereye i Rubavu ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu , yabuze Camera maze IGIHE gitangarizwa ko yari yibwe n’umukozi w’akarere ushinzwe Itangazamakuru n’imenyekanishabikorwa …

NTIBISANZWE: Umukozi w’akarere ka Rubavu yafashwe yibye umunyamahanga wabagendereye RIB imuta muri yombi Read More

Apucuri,Disi reba ukuntu Meddy n’umuryango bibereyeho mu buryohe bw’urukundo n’ibyishimo baterwa n’umwana wabo (Reba Amafoto)

Ngabo Medard umuhanzi w’icyamamare w’umunyarwanda wamamaye kw’izina rya Meddy akomeje kuryoherwa n’urukundo rw’umuryango we ariwo umugore n’umwana akunda cyane bihebuje. Mu birori by’agahebuzo Meddy hashize igihe akoze ubukwe n’uyu mugore …

Apucuri,Disi reba ukuntu Meddy n’umuryango bibereyeho mu buryohe bw’urukundo n’ibyishimo baterwa n’umwana wabo (Reba Amafoto) Read More

Mbere yo kwesurana na Rayon Sports ,APR FC ikataje imyitozo bieganyijwe ko izabanza gukina imikino 2 mpuzamahanga

Nyuma y’imyaka 11 yose bakoresha abakinnyi b’abanyarwanda gusa , APR FC yaguze abanyamahanga irateganya gukina imikino 2 mpuzamahanga mugihe inakataje imyitozo yitegura umwaka w’imikino wa 2023-24 uzatangira tariki ya 12 …

Mbere yo kwesurana na Rayon Sports ,APR FC ikataje imyitozo bieganyijwe ko izabanza gukina imikino 2 mpuzamahanga Read More