Nyiragongo yagaragaje ibimenyetso bikomeye maze abatuye Rubavu basabwa kuba maso

Abatuye mu bice bya Goma na Gisenyi no mu bice bihegereye, bamenyeshejwe ko Ikirunga cya Nyiragongo na Nyamuragira, byagaragaje ibimenyetso bidasanzwe, bityo ko bakwiye kuba maso. Bikubiye muri raporo yashyizwe …

Nyiragongo yagaragaje ibimenyetso bikomeye maze abatuye Rubavu basabwa kuba maso Read More

Hatahuwe andi makuru kurupfu rw’umunyamiderikazi Neema wasanzwe mwigaraje yapfiriye mu modoka

Inkuru y’urupfu rwa Neema Jeannie Ngerero yakoze ku mitima ndetse ibabaza benshi, yaba abari bamuzi cyangwa abatari bamuzi ariko bamumenyereyeho kubyo kumurika imideli yari ahagazemo neza. Mu kiganiro inyaRwanda yagiranye …

Hatahuwe andi makuru kurupfu rw’umunyamiderikazi Neema wasanzwe mwigaraje yapfiriye mu modoka Read More

Umunyabigwi Jimmy Gatete wakoze amateka mu Mavubi , akigera i Kigali yatunguwe n’uko u Rwanda rusigaye rumeze

Gatete Jimmy wanditse amateka muri ruhago yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi uyu rutahizamu wakiniye amavubi akayageza kure kubera ibitego yatsindaga abarizwa I mahanga Akigera ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya …

Umunyabigwi Jimmy Gatete wakoze amateka mu Mavubi , akigera i Kigali yatunguwe n’uko u Rwanda rusigaye rumeze Read More

Bmjizzo wakoze indirimbo ya The Ben na Diamond ‘Why’ yambikiye impeta umukunzi we uzwi muri filime nyarwanda Zanzibar (Amafoto)

Julien Bmjizzo wakoze indirimbo zikomeye zirimo ‘Why’ Diamond Platnumz yahuriyemo na The Ben yambitse umpeta umukinnyi wa filime Sugira Florence wamenyekanye akinana na Makanika. Nk’uko babigaragaje babicishije ku mbuga nkoranyambaga …

Bmjizzo wakoze indirimbo ya The Ben na Diamond ‘Why’ yambikiye impeta umukunzi we uzwi muri filime nyarwanda Zanzibar (Amafoto) Read More

Ntibisanzwe : Mu Ruhango umuyobozi yaguwe gitumo agiye gusambanya umugore wabandi ngo abone kubaha serivisi

Umukozi ushinzwe ubuzima mu murenge wa Kabagari mu karere ka Ruhango arashinjwa gusambanya umugore w’undi mugabo nka ruswa yo kugira ngo abashyirire umwana mu mushinga urihira amashuri abatishoboye. Uyu mukozi …

Ntibisanzwe : Mu Ruhango umuyobozi yaguwe gitumo agiye gusambanya umugore wabandi ngo abone kubaha serivisi Read More

Ubusambanyi buri kuzamuka cyane ku bakiri bato muri Kigali / Ababyeyi baracyatinya guha abana babo udukingirizo

Kuba ubusambanyi buri kwiyongera cyane mu mujyi wa Kigali no mu Rwanda hose muri rusange , benshi mu babyeyi bahangayikishijwe n’abana babo bari kubyishoramo cyane bikabaviramo gutwara amada adateganyijwe. Muri …

Ubusambanyi buri kuzamuka cyane ku bakiri bato muri Kigali / Ababyeyi baracyatinya guha abana babo udukingirizo Read More

IFOTO Y’UMUNSI: HAHAH!!!! Cartoon ya Ndimbati aciye ishene yarwaje abantu imbavu!

Iyi Foto iri mu bwoko bwa Cartoon , cyangwa se ifoto ishushanyije ikomeje gutungura benshi nyuma y’umunsi umwe icyamamare muri Sinema nyarwanda ‘Ndimbati’ arekuwe aho yari afungiye mu gereza ya …

IFOTO Y’UMUNSI: HAHAH!!!! Cartoon ya Ndimbati aciye ishene yarwaje abantu imbavu! Read More

“Cheri warakoze kandi Imana iguhe umugisha” Ndimbati agarutse asetsa birenze / Umugore we ararize!

Umukinnyi ukomeye muri sinema nyarwanda Uwihoreye Jean Babtiste umaze kubaka izina nka Ndimbati , nyuma igihe afungiye I Mageragere yagizwe umwere ahita afungurwa ako kanya , maze avuga amagambo akomeye …

“Cheri warakoze kandi Imana iguhe umugisha” Ndimbati agarutse asetsa birenze / Umugore we ararize! Read More