Girinka ni ikimenyetso cy’urukundo Perezida akunda abaturage ntigomba kugurishwa – Visi Meya Murekatete

Umuyobozi w’Akarere ka Nyagatare wungirije ushinzwe imibereho y’abaturage Murekatete Juliet, avuga ko inka ya Girinka ari ikimenyetso cy’urukundo Perezida wa Repubulika Paul Kagame akunda abaturage, bityo batagomba kuzigurisha.

Girinka ni ikimenyetso cy’urukundo Perezida akunda abaturage ntigomba kugurishwa – Visi Meya Murekatete Read More

COVID-19: Abanyonzi bagarukanye izihe ngamba?

Mu myanzuro y’inama y’Abaminisitiri yateranye tariki 25 Nzeri 2020, harimo uwemerera abatwara abagenzi ku magare bazwi ku izina ry’abanyonzi kugaruka mu muhanda, ariko basabwa kubahiriza amabwiriza y’Inzego z’Ubuzima, ndetse no gukoresha ingofero zabugenewe (helmet/casque) kugira ngo birinde banarinda abo batwara ingaruka zaturuka ku mpanuka.

COVID-19: Abanyonzi bagarukanye izihe ngamba? Read More