Akarere ka Bugesera kashyizeho amabwiriza yihariye ajyanye no kwirinda COVID-19 ndetse n’ibihano

Guhera tariki 9 Nzeri 2020, Inama Njyanama y’Akarere ka Bugesera, ishingiye ku itegeko nshinga rya Republika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015, no ku itegeko no 87/2013 ryo ku wa 11/9/2013 rigena imitunganyirize n’imikorere y’inzego z’imitegekere y’igihugu zegerejwe abaturage, ishingiye kandi ku ngamba n’ibyemezo by’inama y’abaminisitiri yateranye tariki 26 Kanama 2020 no ku ngamba n’ibyemezo bya Guverinoma y’u Rwanda bijyanye no gukomeza kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Covid-19, yashyizeho amabwiriza yihariye ajyanye no kwirinda icyorezo cya Covid-19 ndetse n’ibihano mu gihe atubahirijwe.

Akarere ka Bugesera kashyizeho amabwiriza yihariye ajyanye no kwirinda COVID-19 ndetse n’ibihano Read More

Ingororano Abarinzi b’Igihango bemerewe na Perezida Kagame izabafasha gukemura ibibazo mu miryango

Abarinzi b’Igihango ku rwego rw’Igihugu bahawe ingororano na Nyakubahwa Perezida Kagame baratangaza ko bazayikoresha biteza imbere kandi bakagura ibikorwa basanzwe bafatanyamo n’inzego z’ubuyobozi by’umwihariko gukemura ibibazo byugarije umuryango nyarwanda.

Ingororano Abarinzi b’Igihango bemerewe na Perezida Kagame izabafasha gukemura ibibazo mu miryango Read More