COVID-19: Abarengeje isaha yo kugera mu rugo baruta abatubahiriza andi mabwiriza

Imibare yatangajwe na Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, inzego z’ibanze na Polisi y’u Rwanda, yerekana ko mu mezi abiri ashize, imibare y’abafashwe barengeje isaha ya saa moya yo kuba bageze mu rugo ari bo benshi kurusha abandi bose bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwiirinda Covid-19.

COVID-19: Abarengeje isaha yo kugera mu rugo baruta abatubahiriza andi mabwiriza Read More

Nyamagabe: Polisi yashyikirije abaturage imfizi yari yarabemereye

Ku wa Gatandatu tariki ya 12 Nzeri 2020 nibwo Polisi y’u Rwanda yashyikirije imfizi y’inka abaturage bo mu Karere ka Nyamagabe yari yarabemereye. Abaturage bayishyikirijwe ni abatuye mu Mudugudu wa Sebukiniro mu Kagari ka Rugogwe mu Murenge wa Uwinkingi. Abaturage bishimiye iki kimasa bavuga ko kizabafasha kubona icyororo cy’inka za kijyambere ndetse barusheho kubona umusaruro w’amata ahagije biturutse kuri icyo cyororo.

Nyamagabe: Polisi yashyikirije abaturage imfizi yari yarabemereye Read More