Muhanga: Bamaze imyaka itanu bishyuza ibyabo byangijwe n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

Bamwe mu baturage bo mu Kagari ka Gasharu, Umurenge wa Rongi mu Karere ka Muhanga, barasaba kwishyurwa ibyabo byangijwe n’ibikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro by’ikigo ‘Etablissement Sindambiwe’, hakaba hashize imyaka itanu bategereje ubwishyu.

Muhanga: Bamaze imyaka itanu bishyuza ibyabo byangijwe n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro Read More

Turashaka ko abantu bazajya bubahiriza amabwiriza bibwirije, atari uko bikanze abayobozi – Mayor Mutabazi

U Rwanda rumaze hafi amezi atandatu ruhanganye n’icyorezo cya Coronavirus, kugeza ubu kidafite umuti cyangwa urukingo ariko gishobora kwirindwa mu gihe abantu bubahirije amabwiriza yo kwirinda yashyizweho n’inzobere mu by’ubuzima.

Turashaka ko abantu bazajya bubahiriza amabwiriza bibwirije, atari uko bikanze abayobozi – Mayor Mutabazi Read More

Icyatumye dushyiraho ibihano by’amafaranga ni uko imibare ikomeje kwiyongera – Rubingisa uyobora Kigali

Abatubahiriza amabwiriza yashyizweho yo kwirinda icyorezo cya COVID-19 mu Mujyi wa Kigali bashyiriweho ibihano bikaze birimo amande y’amafaranga y’u Rwanda kuva ku bihumbi icumi (10,000) kugera kuri miliyoni (1,000,000).

Icyatumye dushyiraho ibihano by’amafaranga ni uko imibare ikomeje kwiyongera – Rubingisa uyobora Kigali Read More

Umurwayi wa Diyabete akenera indyo yuzuye mbere yo kwipimisha no gufata inshinge za ‘Insuline’ buri munsi

Ku Cyumweru tariki ya 30 Kanama 2020, Umuryango Geraldine Trada Foundation (GT Foundation) watanze inkunga ku miryango 15 itishoboye ifite abana barwaye diyabete yo mu bwoko bwa mbere bivuriza ku Bitaro bya Muhima mu Mujyi wa Kigali.

Umurwayi wa Diyabete akenera indyo yuzuye mbere yo kwipimisha no gufata inshinge za ‘Insuline’ buri munsi Read More

U Rwanda rwiteguye guteza imbere imijyi nk’uko biteganywa na Commonwealth – Prof Shyaka

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof Shyaka Anastase, avuga ko Inama y’Umuryango w’ibihugu bivuga icyongereza (Commonwealth) ku bijyanye n’iterambere ry’imijyi, yashojwe ku wa Gatatu tariki 02 Nzeri 2020, yanzuye ko politiki y’imiturire inoze yava mu magambo ikajya mu bikorwa.

U Rwanda rwiteguye guteza imbere imijyi nk’uko biteganywa na Commonwealth – Prof Shyaka Read More