Ntibihagije gushyingira abantu hanyuma ntihagire uwongera kujya kureba uko urwo rugo rubayeho – Sr Immaculée Uwamariya

Soeur Uwamariya ni umwe mu Bihayimana, ariko inshingano ze akazifatanya no gutanga inama zubaka imiryango agamije ko ingo zikomera, ari yo mpamvu avuga ko urugo ari umushinga ugomba gukurikiranwa na buri wese.

Ntibihagije gushyingira abantu hanyuma ntihagire uwongera kujya kureba uko urwo rugo rubayeho – Sr Immaculée Uwamariya Read More

Nyamagabe: Minisitiri Shyaka yasabye abayobozi kwita ku iterambere ry’abaturage

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Prof. Shyaka Anastase, ku wa Mbere tariki 24 Kanama 2020 yagendereye Akarere ka Nyamagabe, ahura n’abayobozi b’inzego z’ibanze n’abavuga rikumvikana bo mu mirenge ya Kitabi, Uwinkingi, Buruhukiro, Gatare na Nkomane ikora ku ishyamba rya Nyungwe.

Nyamagabe: Minisitiri Shyaka yasabye abayobozi kwita ku iterambere ry’abaturage Read More

Rudatsimburwa: Nkandagiza ikirenge bwa mbere mu Rwanda mva mu buhungiro numvise ngeze muri Paradizo

Albert Rudatsimburwa ni umugabo w’imyaka isaga 60. Yavukiye mu Karere ka Nyanza ubu, akurira mu buhungiro nyuma y’uko mu Rwanda hadutse amacakubiri, ababarirwaga mu bwoko bw’Abatutsi bakameneshwa bagahungira mu bihugu by’abaturanyi birimo Uganda, u Burundi n’icyahoze cyitwa Zaire.

Rudatsimburwa: Nkandagiza ikirenge bwa mbere mu Rwanda mva mu buhungiro numvise ngeze muri Paradizo Read More

Imodoka zigendera ku migozi ‘cable cars’ zishobora kugera muri Kigali mu myaka ibiri

Umujyi wa Kigali uratangaza ko ibikorwa remezo bizatuma habaho gutwara abantu mu buryo bwihuse (Personal Rapid Transit -PRT), ndetse n’imodoka zigendera mu kirere ku migozi (cable cars), byaba byuzuye mu myaka ibiri, mu gihe ibiganiro n’abazabigiramo uruhare byaba bigenze uko byateguwe.

Imodoka zigendera ku migozi ‘cable cars’ zishobora kugera muri Kigali mu myaka ibiri Read More

Imihanda mishya iri kubakwa muri Kigali iratanga icyizere cyo kugabanya umubyigano w’ibinyabiziga (Amafoto+Video)

Iterambere ry’umujyi uwo ari wo wose rijyana n’ibikorwaremezo birimo n’imihanda ifasha abaturage kugenderana no guhahirana, bitabagoye. Abagenda mu Mujyi wa Kigali muri iyi minsi, barabona imihanda mishya yubatswe, indi iravugururwa …

Imihanda mishya iri kubakwa muri Kigali iratanga icyizere cyo kugabanya umubyigano w’ibinyabiziga (Amafoto+Video) Read More