Ibibazo byakemurwaga n’abunzi birakemurwa bite na ba Gitifu b’Utugari n’Imirenge?

Ubusanzwe, abunzi bo ku rwego rw’Akagari ari narwo rwa mbere, bakemuraga ibibazo byananiranye gukemuka ku rwego rw’Akagari. Nk’uko bisobanurwa na Niyirora Rashid, umuyobozi w’Akagari ka Nyamata ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, umuntu ugiranye ikibazo n’undi, kibanza gukemurirwa ku rwego rw’isibo(ingo hagati 15-20) bitewe n’aho batuye. Nyuma yaho umuyobozi w’isibo akora raporo y’uko bakijije ikibazo, abari bafitanye ikibazo bombi bagahabwa kopi.

Ibibazo byakemurwaga n’abunzi birakemurwa bite na ba Gitifu b’Utugari n’Imirenge? Read More