Ntitwavuga gucungurwa ko kwambuka inyanja itukura tutambuka inyanja y’ihohoterwa ryugarije benshi – Bishop Rucyahana

Abakuriye amadini n’amatorero mu Ntara y’Amajyaruguru bavuga ko guhishira ihohoterwa rikorerwa mu ngo cyane cyane irikorerwa abana b’abakobwa, bikomeje kugira uruhare mu kubangiza, kwica umuco no kudindiza ahazaza h’igihugu.

Ntitwavuga gucungurwa ko kwambuka inyanja itukura tutambuka inyanja y’ihohoterwa ryugarije benshi – Bishop Rucyahana Read More

Amajyepfo: Ababarirwa mu 2000 barajwe bicaye kubera kurenga ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19

Abantu babarirwa mu 2000 barenze ku mabwiriza yo kwirinda Coronavirus, biganjemo abafashwe batambaye udupfukamunwa cyangwa batwambaye nabi, baraye bafashwe bamwe barazwa muri sitade, abandi ku biro by’inzego z’ubuyobozi mu turere two mu Ntara y’Amajyepfo.

Amajyepfo: Ababarirwa mu 2000 barajwe bicaye kubera kurenga ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 Read More