Abagize Sendika y’abakora mu buhinzi n’ubworozi beguje perezida wayo, we akemeza ko akiyiyobora
Abagize Sendika y’abakora mu buhinzi n’ubworozi mu Rwanda (SYNATRAEL) bavuga ko uwari perezida wayo, Emmanuel Ngendambizi yayisubije inyuma kubera kuyicunga nabi, ari yo mpamvu bamweguje aranasimburwa, gusa we ibyo ntabikozwa.
Abagize Sendika y’abakora mu buhinzi n’ubworozi beguje perezida wayo, we akemeza ko akiyiyobora Read More