Umuramyi Chryso Ndasingwa agiye kumurikira Album ye muri BK Arena!

Nyuma y’iminsi mike umuhanzi cyangwa umuramyi Chryso Ndasingwa atangaje ko agiye gushyira hanze Album ye yise WAHOZEHO yamaze gutangaza aho izamurikirwa. Chryso Ndasingwa n’umuhanzi w’umunyarwanda ukunzwe n’abatari bacye bitewe n’impano …

Umuramyi Chryso Ndasingwa agiye kumurikira Album ye muri BK Arena! Read More

(VIDEO+AMAFOTO) ‘Ubuskut Imbere heza’ Dore uko byari bimeze mu birori bisoza icyumweru cy’Ubuskut mu Rwanda byarimo Bwiza na Dj Marnaud

I Muhanga muri stade hahuriye imbaga y’abantu baturutse impande n’impande mu muhango wo gusoza icyumweru cy’Ubuskut (scouts), Aho Dj Marnaud na Bwiza bifatanyije n’urubyiruko kwidagadura , maze hakanashimangirwa gukomeza gushyira …

(VIDEO+AMAFOTO) ‘Ubuskut Imbere heza’ Dore uko byari bimeze mu birori bisoza icyumweru cy’Ubuskut mu Rwanda byarimo Bwiza na Dj Marnaud Read More

Nyuma y’imyaka myinshi Police Fc ibonye igikombe! Imbere ya Minisitiri wa Siporo Apr Fc iratsinzwe.

Ku munsi w’intwari z’igihugu hari hahanzwe amaso umukino w’igikombe cy’intwari wahuje ikipe zose z’umutekano arizo Police fcFna Apr Fc. N’umukino warutegerejwe n’abantu batari bake ndetse n’abakunzi ba ruhago muri rusange …

Nyuma y’imyaka myinshi Police Fc ibonye igikombe! Imbere ya Minisitiri wa Siporo Apr Fc iratsinzwe. Read More

Ukuri ku biri kubera imbere mu ikipe ya Kiyovu Sports itari gutanga umusaruro , Abari gutungwa agatoki mu bibazo irimo

Ikipe ya Kiyovu Sports ikomeje gutsindwa umusubirizo, umwuka uyirimo urabemerera kuba bari aho bari kugeza ubu. Mu minsi ine gusa imaze gutsindwa imikino ibiri irimo uwo yatsinzwe na Gorilla FC …

Ukuri ku biri kubera imbere mu ikipe ya Kiyovu Sports itari gutanga umusaruro , Abari gutungwa agatoki mu bibazo irimo Read More

Ese ujya wicyeka ko waba waranduye? Ibi bimenyetso uko ari 8 byatuma umenya ko urwaye SIDA utari wipimisha

Abashakashatsi bemeza ko hari ibimenyetso bishobora kwereka umuntu wakoze imibonano mpuzabitsina idakingiye ko ashobora kuba yaramaze kwandura agakoko gatera SIDA, n’ubwo mu busanzwe bizwi ko ako gakoko kataboneshwa amaso. Urubuga …

Ese ujya wicyeka ko waba waranduye? Ibi bimenyetso uko ari 8 byatuma umenya ko urwaye SIDA utari wipimisha Read More

(Amafoto)Mbrere y’amasaha macye ngo Shampiyona itangire igihangange muri Volleyball y’abagore Alba yashumitse imbuga mu dufoto turi Sexy

Umukobwa ukunzwe cyane na benshi mu bakunzi b’umukino wa Volleyball uzwi kw’izina rya Alba yashyize hanze amafoto agaragaza ubwiza n’imiterere y’umubiriwe mu gtwambaro tumwegereye kandi tworoshye. Uwiringiyimana Albertine uzwi kw’izina …

(Amafoto)Mbrere y’amasaha macye ngo Shampiyona itangire igihangange muri Volleyball y’abagore Alba yashumitse imbuga mu dufoto turi Sexy Read More

Icyamamarekazi muri sinema Bahavu Jeannette yabaye umuvugabutumwa / Reba Amafoto y’ubwiza n’igikundiro bye!

Bahavu Jeannette usanzwe ari umukinnyi wa sinema ufite izina rikomeye mu Rwanda, yinjiye mu ivugabutumwa ndetse ku nshuro ye ya mbere ku wa 18 Mutarama 2024 yabwirije mu Itorero ryitwa …

Icyamamarekazi muri sinema Bahavu Jeannette yabaye umuvugabutumwa / Reba Amafoto y’ubwiza n’igikundiro bye! Read More