Kicukiro: Batashye ishuri ry’icyitegererezo rifite agaciro ka miliyari 2,5 FRW
Muri gahunda yo kwitegura kwizihiza isabukuru y’imyaka 26 u Rwanda rumaze rwibohoye, abaturage b’Umurenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro batashye ku mugaragaro ishuri ry’icyitegererezo rya Groupe Scolaire Karembure rifite agaciro ka Miliyari 2,5 FRW.
Kicukiro: Batashye ishuri ry’icyitegererezo rifite agaciro ka miliyari 2,5 FRW Read More