#COVID-19: Inzego z’ubuzima zirahumuriza Abanyakigali n’abagororwa

Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima(RBC), Dr. Sabin Nsanzimana, aravuga ko nubwo i Kigali hongeye kuboneka abarwayi benshi ba COVID-19 ndetse hakaba hari n’abandi benshi baraye babonetse mu bafunzwe, bidakwiye gutera impungenge, kuko babonetse ahantu hamwe batarakwirakwira mu bantu benshi.

#COVID-19: Inzego z’ubuzima zirahumuriza Abanyakigali n’abagororwa Read More

Video: Abageni bakoze ubukwe nyuma y’uko bukomorewe barabivugaho iki?

Mu gihe u Rwanda rugikomeje guhangana n’icyorezo cya Covid-19 kimwe n’ibindi bihugu bigize isi muri rusange, mu ngamba zorohejwe harimo no gushyingiranwa imbere y’amategeko ndetse no gusezerana imbere y’Imana ariko umubare w’abitabira iyo mihango ntugomba kurenga abantu 15 mu murenge n’abantu 30 mu rusengero, hubahirizwa n’izindi ngamba zo kwirinda ikwirakwira ry’iki cyorezo.

Video: Abageni bakoze ubukwe nyuma y’uko bukomorewe barabivugaho iki? Read More

Abahanzi biga muri INES-Ruhengeri baremeye umukecuru utishoboye

Abanyeshuri biga muri INES-Ruhengeri n’abaharangije bafite impano zinyuranye, baremeye umukecuru witwa Nyirabarera Cécile wo mu Murenge wa Musanze mu Karere ka Musanze umaze imyaka irenga 20 atabasha kuva aho ari kubera ubumuga yagize bw’ingingo, avuga ko kubona urubyiruko iwe bimwongereye icyizere cy’ubuzima nyuma y’uko yari yarihebye.

Abahanzi biga muri INES-Ruhengeri baremeye umukecuru utishoboye Read More