Igihugu cyacu gifite ibibazo by’umwihariko bishaka ibisubizo by’umwihariko – Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’umuyobozi mukuru w’umuryango FPR Inkotanyi yavuze ko u Rwanda rufite ibibazo by’umwihariko bikeneye n’ibisubizo by’umwihariko, avuga ko hari uburyo bw’imikorere n’imyifatire bugomba guhinduka kugira ngo abantu bagere ku byo bashaka kugeraho.
Igihugu cyacu gifite ibibazo by’umwihariko bishaka ibisubizo by’umwihariko – Perezida Kagame Read More