Igihugu cyacu gifite ibibazo by’umwihariko bishaka ibisubizo by’umwihariko – Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’umuyobozi mukuru w’umuryango FPR Inkotanyi yavuze ko u Rwanda rufite ibibazo by’umwihariko bikeneye n’ibisubizo by’umwihariko, avuga ko hari uburyo bw’imikorere n’imyifatire bugomba guhinduka kugira ngo abantu bagere ku byo bashaka kugeraho.

Igihugu cyacu gifite ibibazo by’umwihariko bishaka ibisubizo by’umwihariko – Perezida Kagame Read More

Perezida Kagame yagize Charles Habonimana Umuyobozi w’Ikigo Gishinzwe Ibibuga by’Indege

Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byatangaje ko kuri uyu wa Kane tariki 25 Kamena 2020, Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yagize Charles Habonimana Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibibuga by’Indege (Managing Director of Rwanda Airports Company).

Perezida Kagame yagize Charles Habonimana Umuyobozi w’Ikigo Gishinzwe Ibibuga by’Indege Read More

Abantu 15 mu Murenge na 30 mu rusengero barahagije (ibitekerezo)

Muri iki gihe u Rwanda ruhanganye n’icyorezo cya Coronavirus, rwashyizeho amabwiriza ajyanye no gukumira ikwirakwira ry’icyo cyorezo. Muri ayo mabwiriza harimo iribuza abantu guhurira hamwe ari benshi, kuko nk’uko bivugwa n’impuguke mu by’ubuzima, cyandura mu buryo bworoshye mu gihe abantu begeranye harimo uwamaze kucyandura.

Abantu 15 mu Murenge na 30 mu rusengero barahagije (ibitekerezo) Read More

Rutsiro: Bazizihiza Umunsi wo Kwibohora bishimira amashanyarazi yageze mu Murenge wa Nyabirasi

Nyabirasi ni Umurenge umwe w’Akarere ka Rutsiro utagiraga umuriro w’amashanyarazi, ibyo bigatuma ibikorwa byabo byinshi bikenera umuriro bifashisha umuriro uturuka ku mirasire y’izuba, ariko ubu guhera ku itariki 22 Kamena 2020, batangiye gucana umuriro w’amashanyarazi.

Rutsiro: Bazizihiza Umunsi wo Kwibohora bishimira amashanyarazi yageze mu Murenge wa Nyabirasi Read More