Rayon Sports irerekana ubukuru cyangwa Gasogi United irayikumbuza? Shampiyona y’icyiciro cya mbere irakomeza

Shampiyona y’icyicaro cya mbere mu mupira wa maguru irakomeza ku munsi wa 16 aho uyu munsi imikino yo kwishyura ikomeza ifungurwa n’umukino w’ikipe ya Rayon Sports na Gasogi United. N’umukino …

Rayon Sports irerekana ubukuru cyangwa Gasogi United irayikumbuza? Shampiyona y’icyiciro cya mbere irakomeza Read More

Reba Amafoto 10 y’ubwiza n’ikimero gitangaje cya Olga Bae umunyamiderikazi ukomeje gutunguza benshi imiterere y’umubiri we

Umunyamideli Isimbi Olga kuri ubu ukurikirwa n’abarenga ibihumbi 145 kuri Instagram, n’umwe mu bakobwa bamamaye ku mbuga nkoranyambaga bagera no mu binyamakuru bitandukanye babikesha ikimero gitangaje ndetse n’ubwiza , ukaba …

Reba Amafoto 10 y’ubwiza n’ikimero gitangaje cya Olga Bae umunyamiderikazi ukomeje gutunguza benshi imiterere y’umubiri we Read More

Birababaje! Umusore w’imyaka 24 yatemye murumuna we maze ahita yiyahura aba ariwe upfa mbere / Gakenke mu Majyaruguru

Umusore w’imyaka 24 yatemye murumuna we nyuma yo gukimbirana bapfa imitungo y’iwabo, abonye ko yamukomerekeje cyane akeka ko yapfuye nawe ahita yimanika mu kagozi ahita apfa. Ibi byabereye mu Kagari …

Birababaje! Umusore w’imyaka 24 yatemye murumuna we maze ahita yiyahura aba ariwe upfa mbere / Gakenke mu Majyaruguru Read More

Umunyezamu Adolphe wasezeye muri Rayon Sports yasimbujwe umunyamahanga wamaze kumvikana n’iyi kipe

Rayon Sports yamaze kumvikana n’umunyezamu ukomoka muri Senegal, Khadime Ndiaye w’imyaka 27 uje gusimbura Hakizimana Adolphe werekeje muri AS Kigali. Mu mpera z’umwaka ushize ni bwo uwari umunyezamu wa kabiri …

Umunyezamu Adolphe wasezeye muri Rayon Sports yasimbujwe umunyamahanga wamaze kumvikana n’iyi kipe Read More

Kenny Sol uri mu bahanzi nyarwanda bagezweho mu Rwanda yasezeranye mu mategeko(AMAFOTO)

Kenny Sol uri mu bahanzi bakunzwe mu Rwanda, yasezeranye imbere y’amategeko n’umukobwa bitegura kurushinga witwa Kunda Alliance Yvette. Umuhango wo gusezerana imbere y’amategeko wabereye ku Murenge wa Nyakabanda kuri uyu …

Kenny Sol uri mu bahanzi nyarwanda bagezweho mu Rwanda yasezeranye mu mategeko(AMAFOTO) Read More