Ubuyobozi bw’Intara y’Iburengerazuba bwasobanuye amabwiriza abahatuye bagomba kugenderaho birinda #COVID19

Abatuye mu Burengerazuba bakomeje gusobanurirwa amabwiriza basabwa gukurikiza muri iki gihe, aho abayobozi batanga ibiganiro bifashishije Itangazamakuru, hakaba inzego z’umutekano zifasha abaturage kubahiriza amabwiriza, hakaba hanifashishwa utudege duto tuzwi nka ‘Drone’ mu kwigisha abaturage kwirinda icyorezo cya COVID-19 nyuma y’uko abatuye muri ako gace basabwe kuguma mu rugo mu rwego rwo kugikumira.

Ubuyobozi bw’Intara y’Iburengerazuba bwasobanuye amabwiriza abahatuye bagomba kugenderaho birinda #COVID19 Read More

Abanyonzi basaba ko nyuma y’ibi byumweru bibiri na bo Leta yazabemerera gusubira mu kazi

Abatwara abagenzi ku magare bamenyerewe ku izina ry’Abanyonzi basanzwe bakorera mu Murenge wa Nyamata mu Karere ka Bugesera, bavuga ko bifuza ko Leta mu bushishozi bwayo yazabemerera bakagaruka mu kazi kimwe na bagenzi babo batwara abagenzi kuri za moto.

Abanyonzi basaba ko nyuma y’ibi byumweru bibiri na bo Leta yazabemerera gusubira mu kazi Read More

Abantu 4 bamaze imyaka biba umuriro w’amashanyarazi batawe muri yombi

Muri gahunda yo gutahura abiba umuriro w’amashanyarazi, Sosiyete Nyarwanda ishinzwe ingufu (REG) ifatanyije n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), ndetse na Polisi y’u Rwanda, ku bufatanye n’abaturage, guhera tariki ya 29 Gicurasi kugeza tariki ya 04 Kamena 2020, bataye muri yombi abantu 4 bakekwaho kwiba umuriro.

Abantu 4 bamaze imyaka biba umuriro w’amashanyarazi batawe muri yombi Read More