Kongera gusubika ingendo hagati y’Intara no kuri Moto ni ukurengera ubuzima bw’abaturage – Min. Shyaka

Benshi mu baturage bari bategereje itariki ya 1 Kamena 2020, kugira ngo batangire basubukure ingendo zabo hagati y’Intara n’Umujyi wa Kigali, ndetse inyinshi muri sosiyete zitwara abagenzi mu mudoka zambukiranya intara, zari zamaze kuzuza ibisabwa byose ngo batangire akazi.

Kongera gusubika ingendo hagati y’Intara no kuri Moto ni ukurengera ubuzima bw’abaturage – Min. Shyaka Read More

Umujyi wa Kigali washimiye abakorerabushake bafasha abaturage kwirinda COVID-19

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwahuye n’urubyiruko rw’abakorerabushake mu gukumira no kurwanya ibyaha (Rwanda Youth Volunteers in Community Policing-RYVCP), barimo gufasha abaturage hirya no hino gukomeza kubahiriza ingamba zo kwirinda icyorezo cya Coronavirus, bubashimira uruhare rwabo mu kazi bakora k’ubwitange.

Umujyi wa Kigali washimiye abakorerabushake bafasha abaturage kwirinda COVID-19 Read More