Minisitiri Shyaka yasobanuye impamvu gusezerana mu nsengero bitemewe

Tariki 18 Gicurasi 2020, Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ingamba nshya zo kwirinda COVID-19. Mu byemezo Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uwo munsi yafashe, harimo ingingo ivuga ko ishyingirwa imbere y’Ubuyobozi ryemewe, ariko rigomba kwitabirwa n’abantu batarenze 15. Iyindi mihango nko gusezerana mu nsengero cyangwa ibirori byo kwiyakira, yo ikaba itemewe.

Minisitiri Shyaka yasobanuye impamvu gusezerana mu nsengero bitemewe Read More