Isengesho no kwizihiza umunsi mukuru wa Eidil Fitri byakozwe mu buryo budasanzwe

Kuri iki Cyumweru tariki 24 Gicurasi 2020, Umuyobozi w’Idini ya Islam mu Rwanda (Mufti) Sheikh Hitimana Salim yayoboye isengesho rya Eidil Fitri 2020. Isengesho no kwizihiza umunsi mukuru byakozwe mu buryo budasanzwe, haba mu Rwanda no mu bihugu byinshi ku Isi kubera impamvu zo kwirinda gukwirakwiza icyorezo cya Coronavirus cyugarije Isi.

Isengesho no kwizihiza umunsi mukuru wa Eidil Fitri byakozwe mu buryo budasanzwe Read More

Mu mbuga y’inyubako Radio Salus ikoreramo habonetse imibiri bikekwa ko ari iy’abishwe muri Jenoside

Amakuru aturuka mu Karere ka Huye mu Ntara y’Amajyepfo aravuga ko mu mbuga irimo inyubako Radio Salus ikoreramo habonetse ibimenyetso bigaragaza ko hashobora kuba hari imibiri bikekwa ko ari iy’abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi.

Mu mbuga y’inyubako Radio Salus ikoreramo habonetse imibiri bikekwa ko ari iy’abishwe muri Jenoside Read More

#Kwibuka26: Ifatwa ry’Ikibuga cy’Indege cya Kanombe riri mu byaciye intege Leta y’abicanyi

Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 22 Gicurasi 1994, Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kanombe cyakuwe mu maboko y’abicanyi, iyo tariki ikaba ari imwe mu matariki akomeye mu guhagarika Jenoside. Mu bindi bice by’Igihugu byari bitarabohorwa n’Inkotanyi, ahari hasigaye Abatutsi bakihishahishe, Leta y’abicanyi yari ikomeje kubica.

#Kwibuka26: Ifatwa ry’Ikibuga cy’Indege cya Kanombe riri mu byaciye intege Leta y’abicanyi Read More