Perezida Kagame yahaye imbabazi umuntu umwe, n’imbabazi rusange abakobwa 50
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yahaye imbabazi umuntu umwe, n’imbabazi rusange abakobwa mirongo itanu (50) bari barakatiwe n’inkiko kubera icyaha cyo gukuramo inda.
Perezida Kagame yahaye imbabazi umuntu umwe, n’imbabazi rusange abakobwa 50 Read More