Umuhanda Muhanga-Ngororero-Mukamira wongeye kuba nyabagendwa

Ejo ku wa gatandatu tariki 16 Gicurasi 2020 ni bwo Polisi y’u Rwanda yari yamenyesheje ko umuhanda Muhanga-Ngororero-Mukamira utari nyabagendwa kubera ko wari waciwe n’amazi nyuma y’imvura nyinshi yaguye, ahangiritse akaba ari iruhande rw’ikiraro gihuza umurenge wa Rambura n’uwa Jomba mu karere ka Nyabihu.

Umuhanda Muhanga-Ngororero-Mukamira wongeye kuba nyabagendwa Read More

Musanze: Abashoferi n’abakomvayeri ba ‘Twegerane’ mu ihurizo ry’uko imisanzu batanga itabagobotse

Abakomvayeri n’abatwara imodoka za Taxi Hiace zizwi nka ‘Twegerane’ bo mu Karere ka Musanze, bibaza impamvu Koperative yitwa Musanze Transport Cooperatime (MTC) itigeze ibagoboka muri iyi minsi yo kurwanya icyorezo cya Covid-19, nyamara hari amafaranga y’imisanzu bayitangamo buri munsi.

Musanze: Abashoferi n’abakomvayeri ba ‘Twegerane’ mu ihurizo ry’uko imisanzu batanga itabagobotse Read More

Dore amwe mu mazina ateye ipfunwe, ba nyirayo basabye ko ahindurwa

Kuri zimwe mu mbuga nkoranyambaga hari indangamuntu babitimes.com amazina nka Sanduwice, Quatre Moteurs, Niboneyimbwa Munzuyarwo, Bikundaguhena, Umwarutarakurikiyamaraha, Ntawutaramaniryundimugabo, Gudubayi, Gumawitume, Turaburaye, Ntawuhorabyibushye n’andi, gusa ntawakwemeza niba koko izo ndangamuntu ari umwimerere, cyangwa ngo yemeze ko abo bantu koko bitwa batyo.

Dore amwe mu mazina ateye ipfunwe, ba nyirayo basabye ko ahindurwa Read More