Tariki 06 Gicurasi 1994: Inkunga ya Gisirikari u Bufaransa bwahaga Leta y’abicanyi yihutishije Jenoside

Mu ntangiriro z‘ukwezi kwa gatanu 1994 Abatutsi bakomeje kwicwa, mu duce twari tukiri mu maboko y’ingabo z’abicanyi. Izo ngabo zakomeje guterwa inkunga na Leta y’u Bufaransa, kandi yari izi neza ko mu Rwanda hakorwaga Jenoside. Iyo nkunga yahabwaga igisirikari cy’abicanyi yihutishije Jenoside, bituma hamwe na hamwe hicwa n’abari kurokoka.

Tariki 06 Gicurasi 1994: Inkunga ya Gisirikari u Bufaransa bwahaga Leta y’abicanyi yihutishije Jenoside Read More

Ikarita ya ‘Tap&Go’ yakwanduza kimwe n’ibindi, kwirinda bigomba gukomeza – RBC

Umukozi wa Minisiteri y’ubuzima ushinzwe imikoranire n’itangazamakuru Julien Mahoro Niyingabira avuga ko ingamba zo kwirinda CVID-19 zigomba gukomeza kuko bitabaye, ikarita ikoreshwa mu kwishyura ingendo mu Mujyi wa KIgali (Tap and Go), intebe no guhererekanya amafaranga byatuma indwara ikwirakwira.

Ikarita ya ‘Tap&Go’ yakwanduza kimwe n’ibindi, kwirinda bigomba gukomeza – RBC Read More

RURA yasobanuye impamvu ibiciro bya Lisansi byagabanutse, iby’ingendo bikiyongera

Ku cyumweru tariki ya 03 Gicurasi 2020, Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byahindutse, aho byagabanutse ugereranyije n’ibyari byashyizweho muri Werure uyu mwaka wa 2020. Igiciro cya Lisansi cyavuye kuri 1.088Frw kijya kuri 965Frw kuri litiro. Igiciro cya Mazutu cyavuye kuri 1073 Frw kijya kuri 925 Frw kuri litiro.

RURA yasobanuye impamvu ibiciro bya Lisansi byagabanutse, iby’ingendo bikiyongera Read More