Abanyarwanda bihangane ibirori n’ubukwe birabujijwe – Minisitiri Shyaka

Icyorezo cya COVID-19 cyakomye mu nkokora abari bafite ubukwe barabuteguye. Benshi ubu barahombye, abandi amatariki arimo arabagereraho, bamwe bakaba batari bazi niba bashobora kubukora cyangwa bashobora kubusubika, cyangwa bashobora gukora ubukwe bw’abantu bakeya nk’uko abashyingura hemerewe abatarenze 30, nk’uko amabwiriza mashya yo kwirinda ikwirakwira rya COVID abigaragaza.

Abanyarwanda bihangane ibirori n’ubukwe birabujijwe – Minisitiri Shyaka Read More

Umunsi mpuzamahanga w’Umurimo : Hari ibibazo byinshi bidafite ibisubizo, ariko hari icyizere

Umukunzi wa Kigali Today witwa Gasore Séraphin akaba Umunyamabanga Mukuru Wungirije wa COTRAF-RWANDA n’Umuhuzabikorwa wa Synergie-Zamuka, yifuje gusangiza abandi basomyi iyi nkuru yagejeje kuri Kigali Today ikoze mu buryo bw’Igitekerezo (Opinion) ariko by’umwihariko kijyanye n’uyu munsi mpuzamahanga w’Umurimo.

Umunsi mpuzamahanga w’Umurimo : Hari ibibazo byinshi bidafite ibisubizo, ariko hari icyizere Read More