RIB yerekanye ibisambo birimo motari watwaye umukobwa akagemurira bagenzi be bakamusambanya bakanamwiba bakamuta ku gasozi

Kuri uyu wa 6 Kamena 2024, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwerekanye itsinda ry’abasore batanu bakurikiranyweho ibyaha binyuranye birimo no gucucura abantu telefone zabo. Iri tsinda ririmo umumotari umwe, abakora telefone …

RIB yerekanye ibisambo birimo motari watwaye umukobwa akagemurira bagenzi be bakamusambanya bakanamwiba bakamuta ku gasozi Read More

Kurinda urupfu , gukesha uruhu n’ibindi / Dore utumaro two kunywa amasoro ku mugore mugihe cyo gutera akabariro

Muri iki gihe ndetse n’icyatambutse uburyo bwo gutera akabariro bwagiye burushaho gushyirwa ahagaragara ndetse hagenda haduka n’ubundi buryo bwasaga n’ubuhishwe. Mu buryo karemano umugore n’umugabo iyo bashakanye baba bemerewe gutera …

Kurinda urupfu , gukesha uruhu n’ibindi / Dore utumaro two kunywa amasoro ku mugore mugihe cyo gutera akabariro Read More

Nyagatare:Kubera ibyo atumvikanagaho n’umugore we mu gutera akabariro yafashwe asambanya murumuna we w’imyaka 14

Umugabo wari utuye mu karere ka Nyagatare mu Murenge wa Karangazi, yafashwe n’inzego z’Ibanze nyuma yo gufatirwa mu cyuho arimo gusambanya muramu we w’imyaka 14, akimara gufatwa yavuze ko yasambanyije …

Nyagatare:Kubera ibyo atumvikanagaho n’umugore we mu gutera akabariro yafashwe asambanya murumuna we w’imyaka 14 Read More

NTIBISANZWE: Umusore w’i Gicumbi yamize inyama iramuniga imuheza umwuka kugeza apfuye!

Umusore witwa Dushimimana Vincent wo mu Mudugudu wa Rwasama, Akagari ka Gacurabwenge mu Murenge wa Byumba, Akarere ka Gicumbi, yamize inyama iramuniga bimuviramo gupfa. Uyu musore w’imyaka 22, bivugwa ko …

NTIBISANZWE: Umusore w’i Gicumbi yamize inyama iramuniga imuheza umwuka kugeza apfuye! Read More

Sobanukirwa umenye ukuntu Tariki 8 Mata 2024 hazaba ubwirakabiri umucyo ukabura hakaza umwijima

Ubwo isaha y’i Washington D.C muri Leta zunze Ubumwe za Amerika izaba ibara saa munani n’iminota irindwi z’amanywa yo ku wa Mbere, taliki 8 Mata 2024; ubwirakabiri bw’Izuba bwuzuye (total …

Sobanukirwa umenye ukuntu Tariki 8 Mata 2024 hazaba ubwirakabiri umucyo ukabura hakaza umwijima Read More

Birababaje! Umusore w’imyaka 24 yatemye murumuna we maze ahita yiyahura aba ariwe upfa mbere / Gakenke mu Majyaruguru

Umusore w’imyaka 24 yatemye murumuna we nyuma yo gukimbirana bapfa imitungo y’iwabo, abonye ko yamukomerekeje cyane akeka ko yapfuye nawe ahita yimanika mu kagozi ahita apfa. Ibi byabereye mu Kagari …

Birababaje! Umusore w’imyaka 24 yatemye murumuna we maze ahita yiyahura aba ariwe upfa mbere / Gakenke mu Majyaruguru Read More

Aba bagore uko ari 7 nibo bambere mu mateka y’igisirikare cy’urwanda bahawe amapeti ya Colonels (Reba Amafoto)

Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yaraye azamuye mu ntera abasirikare barenga 700. Muri bo, ab’igitsinagore nabo barahari kandi bahawe amapeti akomeye. Muri iyi nkuru y’Amafoto twabateguriye , …

Aba bagore uko ari 7 nibo bambere mu mateka y’igisirikare cy’urwanda bahawe amapeti ya Colonels (Reba Amafoto) Read More

NTIBISANZWE: Nyuma y’imyaka 25 yose ategereje urubyaro byaranze Imana yamusubirije rimwe abyara abana 9 icyarimwe!

Ku mbuga nkoranyambaga n’ibinyamakuru bitandukanye hari gucicikana inkuru y’Umugore witwa Obianuju Anthonia Ibeanu, uturuka mu gihugu cya Nigeria wibarutse abana 9 nyuma y’imyaka 25 ategereje yarahebye n’umwe. Amakuru avuga ko …

NTIBISANZWE: Nyuma y’imyaka 25 yose ategereje urubyaro byaranze Imana yamusubirije rimwe abyara abana 9 icyarimwe! Read More