Umukinnyi mpuzamahanga w’umunyarwanda Steve Rubanguka agiye kujya gukinira ikipe yo muri Saudi Arabia

Rubanguka Steve umukinnyi mpuzamahanga w’umunyarwanda unakinira Amavubi ,  yabonye indi kipe nshya ikomeye yo muri Saudi Arabia  yitwa Al Jandal byamaze kwemezwa ko agiye kujya kuyikinira. Nyuma yo gutandukana na …

Umukinnyi mpuzamahanga w’umunyarwanda Steve Rubanguka agiye kujya gukinira ikipe yo muri Saudi Arabia Read More

Rayon Sport mu isura nshya y’imyambaro mishya yavugishije benshi yadozwe n’ikigo cy’abanyarwanda (Reba Amafoto)

Ikipe ikunzwe na benshi kurusha andi makipe mu Rwanda Rayon Sport yamutse ku mugaragaro imyambaro mishya bazajya bakinana haba igihe basuwe (home kit) ndetse n’igihe basuwe (away kit) maze yishimirwa …

Rayon Sport mu isura nshya y’imyambaro mishya yavugishije benshi yadozwe n’ikigo cy’abanyarwanda (Reba Amafoto) Read More

Mbappé umaze gutsindira PSG ibitego byinshi mu mateka yayo yasigajwe inyuma mu myiteguro iyi kipe igiye gukorera Aziya

Ikipe ya Paris Saint-Germain ntiyigeze ijyana rutahizamu wayo, Kylian Mbappé, mu myiteguro y’umwaka mushya w’imikino izakorera mu Buyapani no muri Koreya y’Epfo.Mbappé ufite agahigo ko gutsinda ibitego byinshi mu mateka …

Mbappé umaze gutsindira PSG ibitego byinshi mu mateka yayo yasigajwe inyuma mu myiteguro iyi kipe igiye gukorera Aziya Read More

Inkuru iteye agahinda! Umuherwe wenda kwitaba Imana yeguriye imitungo ye yose Neymar Jr utagira ubusambo muri rubanda

Inkuru idasanzwe mu buzima bwo kw’isi iri kuvuga kumunyamiliyoneri watunguye benshi ubwo yavugaga ko nta muntu n’umwe ugomba kuzasigarana imitungo ye uretse umukinnyi ukomeye w’umunya Brazil Neymar . akaba ari …

Inkuru iteye agahinda! Umuherwe wenda kwitaba Imana yeguriye imitungo ye yose Neymar Jr utagira ubusambo muri rubanda Read More

Kubera gusa nka Messi uyu mugabo amaze kuryamana n’abagore barenga 20 bamwitiranyije

Gusa n’umukinnyi w’igihangange Lionel Messi bimaze gutuma umusore ukomoka mu gihugu cya Iran witwa Reza Parastesh ahura n’ibimeze nk’ibitangaza ndetse n’ingorane. Uyu musore usa nka Messi mw’isura iyo ahuye n’abantu …

Kubera gusa nka Messi uyu mugabo amaze kuryamana n’abagore barenga 20 bamwitiranyije Read More

Dore urutonde rw’abakinnyi 5 batari kurenga umutaru ngo bamenyekane iyo batigira inama yo guhindura imyanya bakinagaho

Burya kuba umuhanga mu kibuga nti biba bivuze ko umukinnyi yabasha gukina imyanya yose ngo abashe kuyigaragarizamo , ahubwo buri mu kinnyi aba afite umwanya azi gukinaho kuburyo umushyize ahandi …

Dore urutonde rw’abakinnyi 5 batari kurenga umutaru ngo bamenyekane iyo batigira inama yo guhindura imyanya bakinagaho Read More

Umunyabigwi Jimmy Gatete wakoze amateka mu Mavubi , akigera i Kigali yatunguwe n’uko u Rwanda rusigaye rumeze

Gatete Jimmy wanditse amateka muri ruhago yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi uyu rutahizamu wakiniye amavubi akayageza kure kubera ibitego yatsindaga abarizwa I mahanga Akigera ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya …

Umunyabigwi Jimmy Gatete wakoze amateka mu Mavubi , akigera i Kigali yatunguwe n’uko u Rwanda rusigaye rumeze Read More

Kylian Mbappé Rutahizamu w’ikipe y’u Bufaransa yigumuye kuri bagenzi mu gufata ifoto

Kylian Mbappé Rutahizamu w’ikipe y’u Bufaransa yatangaje ko atari bwitabire ifatwa ry’ifoto rusange y’abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu iri bufatwe kuri uyu wa kabiri kuko amasezerano arebana no gucuruza isura ye yongereye …

Kylian Mbappé Rutahizamu w’ikipe y’u Bufaransa yigumuye kuri bagenzi mu gufata ifoto Read More

Mu birori bibereye ijisho byabereye ku kiyaga , Marcell Jacobs Champion mu kwiruka 100 m yakoze ubukwe

Umutaliyani witwa Marcell Jacobs watwaye umudali wa zahabu mu gusiganwa metero 100 mu mikino Olempike iheruka kubera Tokyo mu Buyapani yakoze ubukwe mu mpera z’icyumweru gishize n’umukunzi we Nicole Daza. …

Mu birori bibereye ijisho byabereye ku kiyaga , Marcell Jacobs Champion mu kwiruka 100 m yakoze ubukwe Read More