Tombora ya 1/4 ya Champions League yari itegerejwe irangiye amakipe ahuye nkuko abenshi babishakaga!

Uyu munsi hari hateganyijwe tombora y’irangiza rya 1/4 mu gikombe gikunzwe n’abantu batari bake cya Champions League kiba buri mwaka irarangiye. Amakipe amwe abakunzi bayo bari kwishima cyane nyuma yuko …

Tombora ya 1/4 ya Champions League yari itegerejwe irangiye amakipe ahuye nkuko abenshi babishakaga! Read More

Ijoro rya abakunzi b’umupira w’amaguru rigiye kugaruka! Bamwe batangiye gusaba impushya zo kuryama batinze!

N’inkuru nziza ko irushanwa ry’umupira w’amaguru ku makipe yitwaye neza iwayo ku mugabane w’uburayi bita champions league rigiye kugaruka. Hari hashize iminsi itari mike irushanwa rya champions league ritaba kuko …

Ijoro rya abakunzi b’umupira w’amaguru rigiye kugaruka! Bamwe batangiye gusaba impushya zo kuryama batinze! Read More

Ikipe ya DRCongo itsinze iya Guinea mu buryo bworoshye nko kunkwa amazi, uruhinja rwari rwasinziriye rurakanguka!

Iri joro imikino ya 1/4 mu gikombe cya Afurika yakomezaga ariko DRCongo ihacanye umucyo ku bitego byayo byiza cyane itsinze Guinea nayo itoroshye. N’ijoro ryatumye abantu bishimira intsinzi bigaragara ko …

Ikipe ya DRCongo itsinze iya Guinea mu buryo bworoshye nko kunkwa amazi, uruhinja rwari rwasinziriye rurakanguka! Read More

Nyuma y’imyaka myinshi Police Fc ibonye igikombe! Imbere ya Minisitiri wa Siporo Apr Fc iratsinzwe.

Ku munsi w’intwari z’igihugu hari hahanzwe amaso umukino w’igikombe cy’intwari wahuje ikipe zose z’umutekano arizo Police fcFna Apr Fc. N’umukino warutegerejwe n’abantu batari bake ndetse n’abakunzi ba ruhago muri rusange …

Nyuma y’imyaka myinshi Police Fc ibonye igikombe! Imbere ya Minisitiri wa Siporo Apr Fc iratsinzwe. Read More