Icyo amashyirahamwe y’imikino avuga ku gihe imikino izasubukurirwa

Amashyirahamwe y’imikino atandukanye hano mu Rwanda yamaze gufata imyanzuro y’uko imikino izakomeza nyuma y’icyorezo cya Coronavirus. Ni nyuma y’uko Minisiteri ya Siporo yabitangarije amashyirahamwe y’imikino atandukanye hano mu Rwanda ko imikino izasubukurwa mu kwezi kwa Nzeri, imyitozo igasubukurwa mu kwezi kwa Kanama 2020.

Icyo amashyirahamwe y’imikino avuga ku gihe imikino izasubukurirwa Read More

Dore ingingo eshatu zaganiriweho mu nama yahuje FERWAFA n’amakipe yo mu cyiciro cya kabiri

Ingingo eshatu ari zo: Gutegereza icyorezo cya Covid-19 kikarangira shampiyona igasubukurwa, gukina imikino ya kamarampaka ku makipe ane ya mbere muri buri tsinda uko akurikirana uyu munsi, no gusesa burundu shampiyona, ni zo ngingo zibanzweho mu nama yahuje ubuyobozi bw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) n’abayobozi b’amakipe yo mu cyiciro cya kabiri.

Dore ingingo eshatu zaganiriweho mu nama yahuje FERWAFA n’amakipe yo mu cyiciro cya kabiri Read More