Iyi miryango yatanze abakinnyi benshi muri ruhago y’u Rwanda

Umwe mu basizi bakomeye babayeho mu Rwanda ari we Nyakayonga ka Musare mu gisigo cye yigeze kuvuga ko ‘ukwibyara gutera ababyeyi ineza.’ Aha yashakaga kwerekana ko iyo ababyeyi babyaye umwana akabakurikiza bibashimisha. Hari n’imigani nyarwanda iganisha aha nk’igira iti “Mwene Samusure avukana isunzu, Inyana ni iya mweru” n’iyindi.

Iyi miryango yatanze abakinnyi benshi muri ruhago y’u Rwanda Read More