Ingengo y’imari ya FERWAFA yagejejwe hafi kuri miliyari 10 mugihe amafaranga Amavubi azakosha yo yagabanyijwe

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryamaze gutumizaho Inteko Rusange Idasanzwe izemerezwemo Ingengo y’Imari y’umwaka wa 2024 aho iteganya kuzakoresha 9.932.725.243 Frw. Iyi Nteko rusange iteganyijwe kuzaba ku wa Gatandatu …

Ingengo y’imari ya FERWAFA yagejejwe hafi kuri miliyari 10 mugihe amafaranga Amavubi azakosha yo yagabanyijwe Read More

Ibya amarozi byafashe indi ntera muri ruhago! Nyuma yo kumushinja kuroga Kiyovu , Juvenal yareze General avugako atiteguye kurekera

Nyuma y’uko umuyobozi wa Kiyovu Sports, Ndorimana Jean François Regis [General] avuze ko uwari umuyobozi wa Kiyovu Sports Company Ltd, Mvukiyehe Juvenal yagize uruhare mu kuroga abakinnyi b’iyi kipe yari …

Ibya amarozi byafashe indi ntera muri ruhago! Nyuma yo kumushinja kuroga Kiyovu , Juvenal yareze General avugako atiteguye kurekera Read More

AMAFOTO:Reba ubwiza bwa Stade Amahoro yamaze gushyirwamo ubwatsi bugejweho bwo mu kibuga

Ubwatsi bw’ubukorano bugezweho nibwo bwatangiye gushyirwa mu kibuga cya Stade Amahoro imaze iminsi iri kuvugururwa , ndetse ikaba yenda no kuzura kuburyo abitegura gucongeramo ruhago bategura Godiyo zabo (inkweto kabuhariwe …

AMAFOTO:Reba ubwiza bwa Stade Amahoro yamaze gushyirwamo ubwatsi bugejweho bwo mu kibuga Read More

Kubera kumubeshaho ku gipindi umutoza Casa Mbungo André yakuyemo ake karenge ata AS Kigali yikoreye ibibazo uruhuri

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu ni bwo amakuru yamenyekanye ko Casa Mbungo André yamaze gusezera AS Kigali atazagaruka muri izi nshingano ava muri iyi kipe yugarijwe n’ibibazo by’amikoro. …

Kubera kumubeshaho ku gipindi umutoza Casa Mbungo André yakuyemo ake karenge ata AS Kigali yikoreye ibibazo uruhuri Read More