Amavubi yahamagaje umunyezamu ukina mu kiciro cya mbere mu Bubiligi , aho ikipe abarizwamo ariyo iyoboye shampiyona ihigitse ibikomerezwa

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryamaze guhamagara umunyezamu wa Union Saint-Gilloise mu cyiciro cya mbere mu Bubiligi, Maxime Wenssens ngo aze mu Mavubi. Uyu munyezamu ufite inkomoko mu Rwanda …

Amavubi yahamagaje umunyezamu ukina mu kiciro cya mbere mu Bubiligi , aho ikipe abarizwamo ariyo iyoboye shampiyona ihigitse ibikomerezwa Read More

Ubuzima n’ubwawe kandi nawe ugomba kwikunda ukiyitaho! / Dore izi ni Siporo 4 wakora bikakugabanyiriza ububabare bw’umugongo

Umugongo ni rumwe mu ngingo z’umubiri w’umuntu rukoreshwa cyane, ibi rero bituma akenshi umuntu ashobora kuwumvamo uburibwe bukabije buri gihe cyane cyane iyo ananiwe. Ni byiza rero ko tuwufasha kuruhuka …

Ubuzima n’ubwawe kandi nawe ugomba kwikunda ukiyitaho! / Dore izi ni Siporo 4 wakora bikakugabanyiriza ububabare bw’umugongo Read More

Ubu nibwo byatangira neza / Menya ibya abakozi 3 b’ikipe ya APR Fc bari kuregwa amarozi none urukiko rukaba rugiye gushyiraho akarwo narwo

Isomwa ry’Urubanza abakozi batatu ba APR FC baregwamo n’Ubushinjacyaha bwa Gisirikare gucura umugambo wo guha abakinnyi ba Kiyovu Sports ibintu bibaca intege, ryasubitswe aho Urukiko rugiye kwikorera iperereza. Aba bari …

Ubu nibwo byatangira neza / Menya ibya abakozi 3 b’ikipe ya APR Fc bari kuregwa amarozi none urukiko rukaba rugiye gushyiraho akarwo narwo Read More

Uduhigo twa Messi mu mateka ya ruhago kw’isi ninde uzadukuraho , Ese birashoboka ? Dore byinshi bye bigoranye ko hari uzabimuhigamo

Rutahizamu w’Umunya-Argentine ukinira Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Lionel Messi, yegukanye Ballon d’Or ya munani ku wa Mbere, benshi bashimangira ko impaka z’umukinnyi wa mbere w’ibihe …

Uduhigo twa Messi mu mateka ya ruhago kw’isi ninde uzadukuraho , Ese birashoboka ? Dore byinshi bye bigoranye ko hari uzabimuhigamo Read More

AMAFOTO : Dore uko byagenze mu mukino w’imiguruko wahuje APR Fc na Rayon Sports / Bibutse La Galette witabye Imana

APR FC yaguye miswi y’ubusa ku busa na Rayon Sports mu mukino wa shampiyona hibutswe n’umufana wa APR FC waraye yitabye Imana. Wari umukino w’umunsi wa 9 wa shampiyona y’icyiciro …

AMAFOTO : Dore uko byagenze mu mukino w’imiguruko wahuje APR Fc na Rayon Sports / Bibutse La Galette witabye Imana Read More