Ishyamba rya Nyungwe riracyari gushya kuva kucyumweri ryafatwa n’inkongi y’umuriro mwinshi

Hegitari 15 z’ishyamba rya Nyungwe ku gice giherereye mu Murenge wa Bweyeye mu Karere ka Rusizi, zibasiwe n’inkongi y’umuriro. Umuyobozi w’Akarere ka Rusizi wungirije ushinzwe iterambere ry’Ubukungu, Ndagijimana Louis Munyemanzi, …

Ishyamba rya Nyungwe riracyari gushya kuva kucyumweri ryafatwa n’inkongi y’umuriro mwinshi Read More

AMAFOTO : Reba urutonde rw’inyubako 10 ndende cyane z’agatangaza kurusha izindi muri Afurika

Duhereye ku muturirwa wa Iconic wo mu Misiri kugeza ku muturirwa wa Mohammed VI muri Maroc, turabagezaho inyubako 10 ndende kurusha izindi zose muri Afrika muburebure. 1. Iconic Tower Uyu …

AMAFOTO : Reba urutonde rw’inyubako 10 ndende cyane z’agatangaza kurusha izindi muri Afurika Read More

Kinsey Wolanski wigeze gukora agashya mu kibuga cy’umupira yagaragaye yasuye ingagi mu Birunga

Umukobwa wamamaye mu bitangazamakuru bitandukanye ku isi ubwo yirukaga yambaye ubusa muri sitade hari gukinwa umukino wa nyuma uhuza amakipe y’ibihangange i Burayi mu irushanwa rizwi nka UEFA Champions League wahuzaga Liverpool na Tottenham muri 2019, yatangaje ko yageze mu Rwanda asura ingagi zo mu Birunga.

Kinsey Wolanski wigeze gukora agashya mu kibuga cy’umupira yagaragaye yasuye ingagi mu Birunga Read More