RwandAir ibaye igisubizo ku bakora ingendo hagati y’u Rwanda n’u Bushinwa

Abakora ingendo hagati y’u Rwanda n’u Bushinwa bari bamaze igihe bategereje ingendo za RwandAir zijya mu Bushinwa basubijwe kuko kuva muri iri joro ryo ku wa mbere tariki 17 Kamena 2019, iyi kompanyi y’indege y’u Rwanda iratangiza ingendo zijya mu Mujyi wa Guangzhou mu Bushinwa.

RwandAir ibaye igisubizo ku bakora ingendo hagati y’u Rwanda n’u Bushinwa Read More

Ubutaka butagatifu ntibukwiye guturwa n’abakene – Minisitiri Shyaka

Nyuma yo kugaragarizwa ibyerekanywe n’ bushakashatsi ku mibereho y’Abaturage (EICV) bwo muri 2018, bigaragaza ko i Nyaruguru abaturage 52% bari munsi y’umurongo w’ubukene; Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, Anastase Shyaka, yabwiye abayobozi b’inzego z’ibanze muri aka Karere ko ubutaka butagatifu budakwiye guturwa n’abakene.

Ubutaka butagatifu ntibukwiye guturwa n’abakene – Minisitiri Shyaka Read More

Imodoka igeretse ije gufasha ba mukerarugendo kumenya Kigali (Amafoto)

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), ku bufatanye na sosiyete ‘Kigali City Tour Ltd’ kuri uyu wa kane tariki 21 Werurwe 2019 batangije ubukerarugendo bwifashisha imodoka igerekeranye (Double – decker bus), izajya ifasha ba mukerarugendo n’abandi bashaka kumenya umujyi wa Kigali.

Imodoka igeretse ije gufasha ba mukerarugendo kumenya Kigali (Amafoto) Read More