Umujyi wa Gisenyi wagarutsemo abazunguzayi nyuma yo gufungirwa isoko

Abagore bacuruza imbuto mu Mujyi wa Gisenyi bongeye kwibasira imihanda nyuma yo gufungirwa isoko bari bashyiriweho n’ishyirahamwe ‘Femme active’. Abagore babarirwa mu 150 ni bo bari basanzwe bakorera mu isoko ry’imbuto ryashyizweho na ‘Femme active’ mu Mujyi wa Gisenyi ahazwi nko kwa Rujende.

Umujyi wa Gisenyi wagarutsemo abazunguzayi nyuma yo gufungirwa isoko Read More