StarTimes yatangije uburyo bwo guhaha hifashishijwe ikoranabuhanga bwiswe ‘StarTimes GO’

Sosiyete ya StarTimes icuruza ifatabuguzi ry’isakazamashusho n’ibikoresho bijyanye na byo, ivuga ko iki gihe cya COVID-19 ari igihe cyiza cyo gufasha abantu kuguma mu rugo, bagahaha kandi ibyo bahashye bikabageraho batavuye aho baba. Ni mu gihe byagoraga abantu kubona ibyo bakeneye, kuko guhaha uko babyifuza bafite umutekano byari ikibazo ku miryango imwe n’imwe.

StarTimes yatangije uburyo bwo guhaha hifashishijwe ikoranabuhanga bwiswe ‘StarTimes GO’ Read More

Downtown yorohereje abakodesha kwishyura ubukode bwa Mata, bo barasaba gusonerwa

Ubuyobozi bw’Inyubako ya ‘Downtown Ltd’, iherereye mu Mujyi wa Kigali rwagati, bwamenyesheje abahakodesha bose ko nyuma yo kugenzura ingaruka zatewe n’icyorezo cya COVID-19, bwaborohereje uburyo bwishyura ubukode bw’ukwezi kwa Mata, bakazakwishyura mu byiciro bitatu.

Downtown yorohereje abakodesha kwishyura ubukode bwa Mata, bo barasaba gusonerwa Read More