Bugesera: Ibyumba by’amashuri biri kubakwa bizasiga icyumba cyicaramo abatarenga 46

Mu rwego rwo kongera ibyumba by’amashuri mu Karere ka Bugesera harubakwa ibyumba by’amashuri bigera kuri 863. Gusa ibyumba byubakwa birubakwa mu byiciro bibiri kuko hari icyiciro cya mbere cy’ibyumba by’amashuri bigera ku 109 n’ubwiherero 141 byubatswe ku nkunga ya Banki y’Isi igice cya mbere (World Bank phase 1).

Bugesera: Ibyumba by’amashuri biri kubakwa bizasiga icyumba cyicaramo abatarenga 46 Read More

Abize muri Kaminuza ya Cavendish yo muri Uganda bari mu ihurizo rikomeye

Abarangije muri Kaminuza ya Cavendish yo muri Uganda bari basanzwe bemewe n’Inama nkuru ishinzwe uburezi mu Rwanda (HEC), Minisiteri y’Umurimo n’abakozi ba Leta yabahaye iminsi itanu ngo babe babonye icyemezo cy’uko barangije muri iyo kaminuza gitangwa na HEC, bitaba ibyo bagahagarikwa mu kazi.

Abize muri Kaminuza ya Cavendish yo muri Uganda bari mu ihurizo rikomeye Read More