Abiga muri Wisdom School bagaragaje ubuhanga mu masomo y’ubumenyingiro

Nyuma y’ibyumweru bitatu bishize umwaka w’amashuri wa 2020 utangiye, abana biga muri Wisdom School bagaragarije ababyeyi babo ibyo bakora mu bumenyingiro biga, ababyeyi batungurwa no kubona ko abana babo bamaze kugera ku ntera yo kuvumbura bimwe mu byo u Rwanda rubona rubanje kwitabaza amahanga.

Abiga muri Wisdom School bagaragaje ubuhanga mu masomo y’ubumenyingiro Read More