Bmjizzo wakoze indirimbo ya The Ben na Diamond ‘Why’ yambikiye impeta umukunzi we uzwi muri filime nyarwanda Zanzibar (Amafoto)

Julien Bmjizzo wakoze indirimbo zikomeye zirimo ‘Why’ Diamond Platnumz yahuriyemo na The Ben yambitse umpeta umukinnyi wa filime Sugira Florence wamenyekanye akinana na Makanika. Nk’uko babigaragaje babicishije ku mbuga nkoranyambaga …

Bmjizzo wakoze indirimbo ya The Ben na Diamond ‘Why’ yambikiye impeta umukunzi we uzwi muri filime nyarwanda Zanzibar (Amafoto) Read More

Ubusambanyi buri kuzamuka cyane ku bakiri bato muri Kigali / Ababyeyi baracyatinya guha abana babo udukingirizo

Kuba ubusambanyi buri kwiyongera cyane mu mujyi wa Kigali no mu Rwanda hose muri rusange , benshi mu babyeyi bahangayikishijwe n’abana babo bari kubyishoramo cyane bikabaviramo gutwara amada adateganyijwe. Muri …

Ubusambanyi buri kuzamuka cyane ku bakiri bato muri Kigali / Ababyeyi baracyatinya guha abana babo udukingirizo Read More

“Cheri warakoze kandi Imana iguhe umugisha” Ndimbati agarutse asetsa birenze / Umugore we ararize!

Umukinnyi ukomeye muri sinema nyarwanda Uwihoreye Jean Babtiste umaze kubaka izina nka Ndimbati , nyuma igihe afungiye I Mageragere yagizwe umwere ahita afungurwa ako kanya , maze avuga amagambo akomeye …

“Cheri warakoze kandi Imana iguhe umugisha” Ndimbati agarutse asetsa birenze / Umugore we ararize! Read More

Miss Naomie ntakiri isugi ukundi? Reba amafoto y’ubuzima bw’umunyenga we n’umukunzi we bibereyemo muri Gabon

Miss Rwanda 2020 Ishimwe Naomie abinyujije ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje ubuzima buryohereye amazemo iminsi mu gihugu cya Gabon ari kumwe n’umukunzi we Michael Tesfay bari bamaranye igihe mu munyenga w’urukundo …

Miss Naomie ntakiri isugi ukundi? Reba amafoto y’ubuzima bw’umunyenga we n’umukunzi we bibereyemo muri Gabon Read More

Vivica A. Fox wahoze ari umukunzi wa 50 Cent yanyoje amakuru o kongeresha igitsina , ngo ameze neza aramwiyiziye!

Nyuma y’amakuru amaze iminsi avugwa kuri 50 Cent umuraperi ukomeye muri Amerika bavugako yibagishije igitsina ngo bacyongere ingano , uwahoze ari umugore we Vivica A Fox yabinyomoje avugako ibi ari …

Vivica A. Fox wahoze ari umukunzi wa 50 Cent yanyoje amakuru o kongeresha igitsina , ngo ameze neza aramwiyiziye! Read More

Mu birori bibereye ijisho byabereye ku kiyaga , Marcell Jacobs Champion mu kwiruka 100 m yakoze ubukwe

Umutaliyani witwa Marcell Jacobs watwaye umudali wa zahabu mu gusiganwa metero 100 mu mikino Olempike iheruka kubera Tokyo mu Buyapani yakoze ubukwe mu mpera z’icyumweru gishize n’umukunzi we Nicole Daza. …

Mu birori bibereye ijisho byabereye ku kiyaga , Marcell Jacobs Champion mu kwiruka 100 m yakoze ubukwe Read More

Niba uri umusore dore ibintu byagufasha gutinyuka ukegera umukobwa watinyaga kandi umukunda

Abahungu benshi usanga bakunze kugira ikibazo cyo gutinya kuvugisha umukobwa bahuye bwambere , kuburyo hari abo bikomerera gutangira ijambo bikamera nko kwasa kw’ibuye , aha ugasanga umuhungu yabona umukobwa akamukunda …

Niba uri umusore dore ibintu byagufasha gutinyuka ukegera umukobwa watinyaga kandi umukunda Read More

Gushaka abagore benshi ngo nibyo bigabanya icyaha cy’ubusambanyi / Padiri wabivuyemo akomeje gutungurana

Umupadiri wo muri Diyoseze imwe muzo muri Nigeria akomeje guteza impaka mu bantu , nyuma y’uko uyu Rev. Barr. Ogbuchukwu Makuo Lotanna asezeye mubihaye Imana ahubwo akajya gushishikariza abagabo gushaka …

Gushaka abagore benshi ngo nibyo bigabanya icyaha cy’ubusambanyi / Padiri wabivuyemo akomeje gutungurana Read More