Niba uri umukobwa dore ibintu 20 wakora maze umuhungu mukundana agahita akugira umugore ntakabuza!

Burya n’ubwo abasore bose badateye kimwe, hari ibintu bahuriyeho nk’imyumvire n’imitekerereze rusange, bityo ibi bikaba ari ibintu 20 byafasha umukobwa wifuza kuba uw’igikundiro ku mukunzi we, akabasha kunogera no kwishimirwa …

Niba uri umukobwa dore ibintu 20 wakora maze umuhungu mukundana agahita akugira umugore ntakabuza! Read More

NTIBISANZWE! Umushumba w’inka yirukanwe kukazi azira kurongora umubikira wo mu kigo yakoragamo

Iby’urukundo n’amayobera dore ko abenshi bavuga ko rujya aho rushaka kandi ntana forumire rugira ,urwo rukundo ndikuvuga nirwo rwatumye Mukamana Christine w’imyaka 29 wari umubikira yiyambura ivara akisangira umusore Ndayishimiye …

NTIBISANZWE! Umushumba w’inka yirukanwe kukazi azira kurongora umubikira wo mu kigo yakoragamo Read More

Dore amagambo 6 yuje uburyohe ushobora kujya ubwira umugore wawe maze bigakomeza imfuruka z’urukundo rwanyu

Akenshi na kenshi abagore benshi bafite ibintu bahuriyeho bakunda kubwirwa n’abagabo babo bakanezerwa, kandi ugasanga bifasha n’urugo rwabo gukomera. Dore amwe muri ayo magambo babitimes.com yaguteguriye ashobora gukomeza imfuruka zose …

Dore amagambo 6 yuje uburyohe ushobora kujya ubwira umugore wawe maze bigakomeza imfuruka z’urukundo rwanyu Read More

Izina Meddy na Mimi bise umwana wabo ryihishemo ibanga rikomeye kuri bose

Meddy n’umukunzi we Mimi berekanye izina ry’umwana w’imfura yabo y’umukobwa baherutse kwibaruka nawe banga kumuburiramo inyuguti ya ‘M’ nabo bahuriyeho , gusa nyuma y’uko bibarutse bagatinda kubitangaza , nanubu ntibarerekana …

Izina Meddy na Mimi bise umwana wabo ryihishemo ibanga rikomeye kuri bose Read More

Nashakaga ko ansengera ndwaye/ Yaransindishije nicura nsanga yandongoye / Aka gahinda kose nagatewe no kumwizera!

Kumwe uhana gahunda n’umushumba kurusengero wenda urwaye cyangwa se hari ikindi kifuzo ufite ushaka ko agusengera , burya nabyo bisaba kwicunga cyane, kuko aba dufata nk’abahanuzi abenshi muribo babirimo hari …

Nashakaga ko ansengera ndwaye/ Yaransindishije nicura nsanga yandongoye / Aka gahinda kose nagatewe no kumwizera! Read More

Byameneyekanye ko Meddy na Mimi bamaze iminsi bibarutse umukobwa none bikaba aribwo bikijya hanze

Mu gihe abakunzi ba kupure (couple) y’icyamamare Meddy ndetse n’umunya Ethiopia kazi Mimi bamaze iminsi babona amafoto agaragaza inda y’imvutsi , ariko igitangaje n’uko ntawari uziko hashize iminsi bibarutse umukobwa. …

Byameneyekanye ko Meddy na Mimi bamaze iminsi bibarutse umukobwa none bikaba aribwo bikijya hanze Read More

Rihanna ageze aho nawe agiye kwibaruka , yatunguranye mu kumurika imideli atwite yambaye utwimbere

Umuhanzikazi Rihanna aherutse gutungurana atangaza ko atwite, kuva icyo gihe kugeza n’ubu ntahwema gutungura abamukurikira. Uyu mukobwa w’imyaka 34 kuri uyu wa Kabiri tariki 01 Werurwe 2022 yitabiriye ibirori bya …

Rihanna ageze aho nawe agiye kwibaruka , yatunguranye mu kumurika imideli atwite yambaye utwimbere Read More