Musore ni wowe ubwirwa! Uzirinde aya makosa mu gihe uri gukundana n’umukobwa atazakureka rutarenze n’umutaru ngo ugire icyo ugeraho

Itangiriro ryiza ritanga umusaruro muzima , gusa ariko rimwe na rimwe n’itangiriro ribi hari igihe riwutanga kubw’amahirwe, icyo nshaka kubabwira n’uko uko utangiye iyo winjiye mu rukundo nibyo ahanini bizagaragaza …

Musore ni wowe ubwirwa! Uzirinde aya makosa mu gihe uri gukundana n’umukobwa atazakureka rutarenze n’umutaru ngo ugire icyo ugeraho Read More

Bijya bigorana ukaba wanahasebera / Dore uburyo wakoresha waka nimero umuntu muhuye bwambere mukaba mwakundana cyangwa mukaba incuti

Iyo hageze ubwo gusaba umukobwa nimero ya telefone, benshi babanza kumva bafite isoni, cyangwa se bakumva badashimishijwe no kugenda bavuga ngo “Bite se?, umva uhh…. wampa nimero tukajya tuvugana?” cyangwa …

Bijya bigorana ukaba wanahasebera / Dore uburyo wakoresha waka nimero umuntu muhuye bwambere mukaba mwakundana cyangwa mukaba incuti Read More

Niba uteganya gukora ubukwe n’uwo mukundana ,gerageza ukore uko ushoboye kose wirinde ibi bintu uko ari 6

Iyo uri mu rukundo, hari byinshi uhindura mu myitwarire yawe kugirango urusheho kugenda wigarurira umukunzi wawe ariko uko urukundo rwanyu rugenda rukura niko mugenda murushaho kumenyerana buri umwe akagenda amenya …

Niba uteganya gukora ubukwe n’uwo mukundana ,gerageza ukore uko ushoboye kose wirinde ibi bintu uko ari 6 Read More

Nshuti yanjye , igihe cyose ugiye gukora imibonano mpuzabitsina ujye witondera iki kintu kuko ingaruka zacyo zanaguhitana

Abantu benshi bakora ibikorwa bitandukanye mu rwego rwo gushimishanya hagati y’umugabo n’umugore mu gihe bakora imibonano mpuzabitsina kugira ngo igende neza.  Hari abakoresha uburyo bwo kurigatana ibitsina mu rwego rwo …

Nshuti yanjye , igihe cyose ugiye gukora imibonano mpuzabitsina ujye witondera iki kintu kuko ingaruka zacyo zanaguhitana Read More

Burya ntago baba borohewe! Reba impamvu zituma umukobwa ahitamo gukundana n’abasore barenze umwe akabatendeka

Ibintu byamaze kuba nk’indwara ku bakobwa cyane aho usanga ahuye n’umusore akamusaba urukundo , maze akaba yafata umwanzuro wo kurumwemerera kandi afite undi kuruhande umwe cyangwa benshi atendeka , nawe …

Burya ntago baba borohewe! Reba impamvu zituma umukobwa ahitamo gukundana n’abasore barenze umwe akabatendeka Read More