Ibuka ibi bintu! Aba Stars nyarwanda bakanyujijeho mu rukundo bivugisha benshi nyuma barashwana umuriro ukaka

Urukundo ruraryoha cyane cyane iyo wowe n’uwo mukundana munabyubakiyemo ibigwi , muri macye kubona umuntu w’icyamamare akundana na mugenzi we , akenshi abakunzi babo baba babyishimiye ndetse bumva bazanarambana , …

Ibuka ibi bintu! Aba Stars nyarwanda bakanyujijeho mu rukundo bivugisha benshi nyuma barashwana umuriro ukaka Read More

Apucuri,Disi reba ukuntu Meddy n’umuryango bibereyeho mu buryohe bw’urukundo n’ibyishimo baterwa n’umwana wabo (Reba Amafoto)

Ngabo Medard umuhanzi w’icyamamare w’umunyarwanda wamamaye kw’izina rya Meddy akomeje kuryoherwa n’urukundo rw’umuryango we ariwo umugore n’umwana akunda cyane bihebuje. Mu birori by’agahebuzo Meddy hashize igihe akoze ubukwe n’uyu mugore …

Apucuri,Disi reba ukuntu Meddy n’umuryango bibereyeho mu buryohe bw’urukundo n’ibyishimo baterwa n’umwana wabo (Reba Amafoto) Read More

Mukobwa banza utekereze neza kuri ibi bintu uko ari 5 mbere yo kwambarira ubusa umusore mukundana utazicuza nyuma

Buri muntu ukunze gusanga afite umutimanama we ndetse n’amahame ye bwite agenderaho ahanini harimo gutinya gukora icyaha cyangwa se n’ibindi , gusa akenshi iyo umukobwa yemereye umusore ko baryamana aramwihebera …

Mukobwa banza utekereze neza kuri ibi bintu uko ari 5 mbere yo kwambarira ubusa umusore mukundana utazicuza nyuma Read More

MBIGENZE NTE? Umukobwa dukundana namwishyuriye amashuri akiyarangiza anca inyuma aterwa inda n’undi utari njye!

Burya koko ngo urukundo nta gisobanuro cya nyacyo wapfa kurubonera , rimwe biba biryoshye , ariko nanone kurundi ruhande hari igihe ibintu bikubaho ukayoberwa uko wakwifata , ukabura uko wabyitwaramo  …

MBIGENZE NTE? Umukobwa dukundana namwishyuriye amashuri akiyarangiza anca inyuma aterwa inda n’undi utari njye! Read More

NTIBISANZWE: Umusore yateye akabariro iminsi itatu ataruhuka ahita apfa ariwe wizize!

Nyuma yo gufata imiti yongera akanyabugabo maze agahamagara umukunzi we akamusanga muri (Lodge) ibyumba baruhukiramo bagatera akabariro amasaha arenga 72 yose , umusore w’imyaka 30 w’umunya Uganda witwa Justus bamusanze …

NTIBISANZWE: Umusore yateye akabariro iminsi itatu ataruhuka ahita apfa ariwe wizize! Read More

Bakobwa murarye muri nenjye! Dore impamvu ituma abasore bakunda kubakanda amabuno iyo muhoberanye cyangwa muri gusomana

Akenshi na kenshi iyo abasore bahoberanye n’abakobwa bakunze kurangwa no kubakorakora kubasoma byimbitse ndetse no kubakanda kumabuno kandi cyane , ibi bikagira igisobanuro kubijyanye n’ibintu bimwe cyangwa ibindi biganisha ku …

Bakobwa murarye muri nenjye! Dore impamvu ituma abasore bakunda kubakanda amabuno iyo muhoberanye cyangwa muri gusomana Read More

Zuchu yeruye avuga agahinda n’ishavu aterwa no kuba nta narimwe arajya mu rukundo ngo yishime ahubwo yisanga yigunze ari kurira

Umuhanzikazi wo mu gihugu cya Tanzania Zuchu,  mu magambo arimo agahinda n’amaganya menshi yatangaje ko atajya ahirwa mu rukundo kuko igihe cyose abigerageje birangira ababaye kandi yarabyinjiyemo akurikiranye ibyishimo. Umuhanzikazi …

Zuchu yeruye avuga agahinda n’ishavu aterwa no kuba nta narimwe arajya mu rukundo ngo yishime ahubwo yisanga yigunze ari kurira Read More