Bashenguye imitima y’abagabo benshi babifuzaga kubera ubwiza bwabo maze aba ba Miss bagahitamo gushyingiranwa nyuma yo guhatanira ikamba

Abakobwa beza cyane b’ibyamamare bashenguye imitima y’abagabo benshi nyuma yo kubasangiza amashusho agaragaza umubano wabo weruye nk’umugore n’umugabo . Abo ni Mariana Varela na Fabiola Valentin bari baserukiye ibihugu byabo …

Bashenguye imitima y’abagabo benshi babifuzaga kubera ubwiza bwabo maze aba ba Miss bagahitamo gushyingiranwa nyuma yo guhatanira ikamba Read More

Kugirango asohokane umukunzi we I Dubai, umukozi wa banki w’imyaka 25 yibye akayabo k’asaga miliyoni122 kuri konti z’abakiriya

Emmanuel Sekyi Afriyie, umukozi w’imwe muri banki zikomeye muri Ghana yatawe muri yombi n’abashinzwe umutekano , nyuma y’uko yari amaze kwiba akayabo ka (GH¢1.2m) angana n’asaga miliyoni 122 z’amafaranga y’u …

Kugirango asohokane umukunzi we I Dubai, umukozi wa banki w’imyaka 25 yibye akayabo k’asaga miliyoni122 kuri konti z’abakiriya Read More

Dore amaso afite ibara ryihariye mu kugirwa n’abantu bacye kw’isi / Abafite aya maso baboneka hacye!

Abantu benshi ku isi bahuriye ku kuba imboni z’amaso yabo ari umukara ariko iyo witegereje bamwe ku gice gikikije imboni, hari abo usanga bafite amaso y’umukara cyane, abafite ay’ubururu, ayerurutse …

Dore amaso afite ibara ryihariye mu kugirwa n’abantu bacye kw’isi / Abafite aya maso baboneka hacye! Read More

Menya amoko 6 y’urukundo wakunda ukanakundwakazwamo utazibeshya ukaba wanarenganya ugukunda

Usanga abantu benshi badakunda cyangwa se ngo bakundwe mu buryo bumwe bitewe n’uko hari ubwoko bwinshi bw’urukundo bityo bigatuma hari n’abantu benshi bakundwa ariko ntibishimire urukundo bahabwa ndetse rimwe na …

Menya amoko 6 y’urukundo wakunda ukanakundwakazwamo utazibeshya ukaba wanarenganya ugukunda Read More

Byavumbuwe ko Elon Mask nagura Twitter azahita yirukana abakozi 5600 bari basanzwe bayikorera

Umuherwe Elon Musk arateganya kwirukana 75% by’abakozi ba Twitter naramuka aguze uru rubuga nkoranyambaga. Ikinyamakuru Washington Post cyatangaje ko abantu bagera ku 7.500 bakorera kuri Twitter ariko 75% ku ijana …

Byavumbuwe ko Elon Mask nagura Twitter azahita yirukana abakozi 5600 bari basanzwe bayikorera Read More

Ibyanjye n’umukobwa twahuriye mu kabari none akaba ashaka ko tubana / Nimungire inama numve icyo nakora

Urukundo rwa babiri kirazira kurwivangano, gusa hari ubwo umwe muri bo aba akeneye inama mbere y’uko arukomeza ari nayo mpamvu umusore yatwandikiye atugisha inama ngo amenye niba kwemera ibyo uyu …

Ibyanjye n’umukobwa twahuriye mu kabari none akaba ashaka ko tubana / Nimungire inama numve icyo nakora Read More

Madonna yijihije imyaka 30 y’igitabo cye ‘SEX’ cyafashije abarimo Card B ,Miley Cyrus na Kim Kardashian

Madonna yashimye igitabo cye yise ‘S.E.X’ cyimaze imyaka 30 gisohotse ndetse akomoza ku kuba cyaraciriye inzira abarimo Cardi B, Kim Kardashian hamwe na Miley Cyrus. Umuhanzikazi w’icyamamare Madonna w’imyaka 64 …

Madonna yijihije imyaka 30 y’igitabo cye ‘SEX’ cyafashije abarimo Card B ,Miley Cyrus na Kim Kardashian Read More

UNHCR yababajwe n’igikorwa cya kinyamanswa ubwo abimukira 92 basangwaga bambaye ubusa bahatirwa kwambuka umugezi

Umuryango w’Abibumbye watangaje ko wababajwe cyane n’amakuru yatanzwe na Guverinoma y’u Bugereki yavuze ko ku Cyumweru tariki 16 Ukwakira yatahuye abimukira 92 basa nk’aho bambaye ubusa kandi bakomerekejwe ubwo bahatirwaga …

UNHCR yababajwe n’igikorwa cya kinyamanswa ubwo abimukira 92 basangwaga bambaye ubusa bahatirwa kwambuka umugezi Read More

Nyiragongo yagaragaje ibimenyetso bikomeye maze abatuye Rubavu basabwa kuba maso

Abatuye mu bice bya Goma na Gisenyi no mu bice bihegereye, bamenyeshejwe ko Ikirunga cya Nyiragongo na Nyamuragira, byagaragaje ibimenyetso bidasanzwe, bityo ko bakwiye kuba maso. Bikubiye muri raporo yashyizwe …

Nyiragongo yagaragaje ibimenyetso bikomeye maze abatuye Rubavu basabwa kuba maso Read More